Advertising

Menya ikiba k’umugabo iyo amaze kurya urusenda yitegura gutera akabariro

11/21/23 19:1 PM

Kurya urusenda cyane cyane uruzwi nka Chili, bigira ingaruka ku myanya myibarukiro y’umugabo bikaba byiza cyangwa bibi bitewe n’uko yabigenje.

 

Capsaicin iba mu rusenda ituma umugabo waruriye akora cyane mu buryo budasanzwe , imitsi nayo ikagira imikorere itandukanye n’uko yakoraga ndetse bigatuma n’amaraso yihuta mu mubiri we.

 

Uko kwiruka kw’amaraso , bituma umugabo agira gushyukwa cyane bitandukanye nuko byari bimeze.

 

Urusenda kandi rubamo Vitamini A ndetse n’ibinyabutabire bitandukanye na Potassium  byose bituma igikorwa cyo gutera akabariro kigenda neza.

 

Ku rundi ruhande, kurya urusenda rwinshi nabyo byangiza igogora ry’umugabo ndetse n’undi waruriye akarenza urugero ndetse kubagabo bishobora kwangiza uburyo yateraga akabariro ariko bikaba mu bihe bitandukanye.

Abagabo n’abandi bakunda urusenda, bagirwa inama yo kurya ruke cyangwa bakagabanya inshuro barufata kumafunguro cyangwa rwonyine.

Src: Ghanaweb

Sponsored

Latest from UBUZIMA

Ubwiru buri mu koga amazi akonje

Abantu benshi bakunda kwiyuhagira amazi ashyushye kuruta kwiyuhagira akonje. Nyamara, ubushakashatsi butandukanye bwerekanye ko yaba amazi akonje cyangwa ashyushye ashobora kugirira akamaro ubuzima bwacu.
Previous Story

Igitsina gabo : Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa mukundana ashaka ko muryamana

Next Story

Umugore wa Mr Ibu washakaga gutwara amafaranga yo kumwitaho yasabye imbabazi

Go toTop