Menya ikiba k’umugabo iyo amaze kurya urusenda yitegura gutera akabariro

21/11/2023 19:55

Kurya urusenda cyane cyane uruzwi nka Chili, bigira ingaruka ku myanya myibarukiro y’umugabo bikaba byiza cyangwa bibi bitewe n’uko yabigenje.

 

Capsaicin iba mu rusenda ituma umugabo waruriye akora cyane mu buryo budasanzwe , imitsi nayo ikagira imikorere itandukanye n’uko yakoraga ndetse bigatuma n’amaraso yihuta mu mubiri we.

 

Uko kwiruka kw’amaraso , bituma umugabo agira gushyukwa cyane bitandukanye nuko byari bimeze.

 

Urusenda kandi rubamo Vitamini A ndetse n’ibinyabutabire bitandukanye na Potassium  byose bituma igikorwa cyo gutera akabariro kigenda neza.

 

Ku rundi ruhande, kurya urusenda rwinshi nabyo byangiza igogora ry’umugabo ndetse n’undi waruriye akarenza urugero ndetse kubagabo bishobora kwangiza uburyo yateraga akabariro ariko bikaba mu bihe bitandukanye.

Abagabo n’abandi bakunda urusenda, bagirwa inama yo kurya ruke cyangwa bakagabanya inshuro barufata kumafunguro cyangwa rwonyine.

Src: Ghanaweb

Advertising

Previous Story

Igitsina gabo : Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa mukundana ashaka ko muryamana

Next Story

Umugore wa Mr Ibu washakaga gutwara amafaranga yo kumwitaho yasabye imbabazi

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop