Umugabo yaguze imiti yongera akanyabugabo ayikubise amaso imutera ubwoba

20/12/2023 13:14

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kuvugishwa n’inkuru y’uyu mugabo washyize hanze amafoto y’imiti yahawe ngo yongera akanyabugabo maze abantu benshi batangazwa n’uburyo uyu mugabo ashobora kuba atizeye neza imiti yahawe.

 

 

Ubusanzwe birazwi neza ko bamwe mu bagabo bajya kugura imiti yongera akanyabugabo biteze ko bishobora gukora nkuko baba babibabwiye, icyakora bse siko babyizera kuko ngo hari ubwo iyo miti yanze gukora burundu.

 

 

Utagiye gushaka iyo miti kandi, kuri iyi website yacu twakoze inkuru ivuga ku bintu bishobora gutuma umugabo atinda mu gikorwa cyo gutera akabariro bitagombeye ko ajya kugura imiti yongera akanyabugabo kuko iyo miti ishobora kugira ingaruka mbi ku mubiri wawe.

 

 

Ni muri ubwo buryo, umugabo yashize hanze amafoto y’imiti yahawe ngo yongera akanyabugabo ariko agaragaza ikizere gicyeu kwizera ko iyo miti ishobora gukora maze asezeranya umuntu wayimuhaye ko niyanga gukora azahita amuboroka ahantu hose.

 

 

Uyu mugabo abinyujije ku rukuta rwe rwa X, yavuze ko imiti niyanga gukora azaboloka uwamuhaye imiti. Icyakora uyu mugabo usanzwe agurisha iyo miti we avuga ko ikora cyane ndetse ko iyo ukoresheje imiti ye umugore wakwanze agaruka kugushaka kubera kuntu ngo watinze mu gikorwa cyo gutera akabariro.

 

 

Uyu mugabo we ntiyugeze yizera neza ko iyo miti ishobora kuba ikora nibyo byatumye ajya ku rubuga rwa Twitter maze agira amagambo atangaza mu ruhame aherekejwe n’ifoto yiyo miti yari yaguze.

Mu magambo ye uyu mugabo yagize ati “mbere n’ambere ndabizi ko nzakuboloka ariko mbere Yuko mbikore kangire icyo nkubwira, imiti yawe iramutse yanze gukora ndarahira ko tuzabipfa.”

 

 

 

 

Source: ghpage

Advertising

Previous Story

Umusore yasuye umukobwa bakundana asanga ni umusinzi usinda akibagirwa byose none aragisha inama

Next Story

“Nakuriye mu buzima bubi abaturanyi batunena ngo turwaye amase tukaba no munzu y’itaka” ! Bahavu yahishuye ubuzima bubi yakuriyemo

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop