Umugabo wahoraga yumva ikintu munsi yinzuye yayicukuye mpaka ayimaze abura ikintu

26/12/2022 10:52

Umugabo wari umuze iminsi yumva ikintu munsi y’umuhanda ashaka munsi y’ubutaka icyo ari cyo yari amaze iminsi yumvamo.

Yacukuye umwobo munini cyane ashakamo icyo yari amaze iminsi yumva.Uyu mugabo yatambukagaga ahahantu akumva ibintu byinshi bivugira munsi y’ubutaka niko gufata umwanzuro wo gucukura kugira ngo amenye neza ikirimo maze acukura umwoba munini cyane.Uyu mugabo yumvaga ikintu gitera , akumva gisa n’igiterera mu mutima we.Aha wakwibaza uti:”Ese ni iki yabonye nyuma yo kumara icyo gihe acura munsi y’ubutaka bwo hafi y’umuhanda aho yakekaga ko hari ikintu kirimo umunsi ku munsi ubwo yahacaga.

https://www.youtube.com/watch?v=RWe-daSfSow
REBA HANO VIDEO NZIZA TWAGUHITIYEMO

Mu gihe umuntu runaka aguze inzu ntabwo aba azi ikintu kirimo nk’uko bagendekeye umugabo witwa Simon Marks w’imyaka

37 y’amavuko wananiwe kwihanganira ikintu yumvaga munsi y’ubutaka bw’inzu ye maze agafata umwanzuro wo kujya

mu butaka agacukura gake gake kugeza umwobo ubaye munini cyane.Uyu mugabo ufite inzu ye ahitwa Luton muri Leta ya

England yaoze ibyatangaje benshi cyane.Uyu mugabo yabajijwe cyane impamvu ari kwicukurira inzu gusa igisubizo kiba ko yarimo ashaka ibyo yari amaze iminsi yumva mo.

Umugabo wari umuze iminsi ye , haciye igihe kingana n’ukwezi kugira ngo yongere aryame munzu ye yaguriye.Abantu benshi

bamubajije impamvu yacukuye inzu ye yirinda kugira icyo avuga  cyangwa akora kugeza ubwo  yongereye kumva ayo

majwi ubugira kabiri.Uyu mugabo yagerageje kudahumeka, atega amatwi yumva gake gake kugira ngo yumve niba

hari ikintu arumva gusa birangira nta kintu kidasanzwe yumvise.Uyu mugabo yakundaga guhaguruka agatega amatwi ,

akanyuza umutwe mu idirishya ariko ntihagire ikintu yumva, ubundi agasubira kuryama mu gihe byabaga

bibaye mu ijoro cyangwa mu masaha yabaga aryamye.

Ubwo yari asohotse munzu ye  yafashe imodoka ye , arayitwara aragenda, mu gihe yari agarutse yumvise ikintu gikubise gifata amapine y’imodoka ye kirayatwara.Yagiye gukomeza maze isa nisubiye inyuma abura mahitamo.Nyuma yamenye ko yubatswe mu 1970 kuburyo yari ishaje bihagije akaba ariyo mpamvu yatumye akora ibyo byose.

Advertising

Previous Story

Imbwa y’imyaka 14 yitwa Haze yongeye guhura n’umuryango wayo nyuma y’iminsi 30 ibuze

Next Story

Dore indwara zishobora ku kwica mu masaha 24

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop