Tiwa Savage yahagaritse umutima

20/12/2023 16:02

Umuhanzikazi Tiwa Savage wamamaye mu ndirimbo ‘No wahala’, yatangaje ko akeneye amasengesho y’abafana be kugira ngo abone imbaraga zo kubataramira.

 

Nyuma y’ubu butumwa Tiwa Savage yagaragaje ko akeneye uwo kumuha urukundo akamwitaho.

Yanditse ati:”Mana mfasha kuko mfite ibitaramo bibiri uyu munsi kandi ndi kumva nta meze neza”.Yakomeje agira ati:”Ese ninde unkunda cyane kuburyo yampa Ice Scream ?”.

Aya magambo yayaherekeresheje ibinini byari mu ifoto bigaragara ko atameze neza mu buryo bwose.Mu mezi yatambutse, Tiwa Savage yatangaje ko ahagaritse ibitaramo yari afite avuga ko agiye kwita ku ijwi rye n’ubundi burwayi.

Advertising

Previous Story

Abagore: Dore ibintu bishobora gutuma ubura imihango kandi udatwite

Next Story

Itsinda ry’abaramyi Vestine na Dorcas berekeje mu Burundi

Latest from Imyidagaduro

Go toTop