Amafoto/ Wasafitv

Nyuma gutuburira umunyamakuru Peace Hyde Diamond Platnumz na Zuchu bateruranye ubwo bari kurubyiniro – AMAFOTO

04/12/2023 17:01

Zuchu nk’umuhanzikazi wasinye muri WCB yagiye yemeza ko akundana na Diamond ndetse na Diamond agakora iyo bwabaga ariko ntavuge.Aba bombi ibyo bakora baba barengera inyungu zabo mukazi kabo ka muzika, ari nayo mpamvu Diamond Platnumz yambitse impeta y’igihuha umunyamakuru wo muri Ghana hagaticiye kabiri agaterurana na Zuchu muri Wasafi Festival.

 

Zuchu na Diamond Platnumz bataramira mu Mujyi wa Dodoma nyuma y’iminsi 2 Simba yambitse impeta Peace Hyde wafataga amashusho y’igice cya 3 cy’ikiganiro Young Famous African , Diamond , Zuchu , Shakib na Zari Hassan bazagaragaramo.

Diamond n’umuhanzi we ushobora kuzavamo umukunzi we, bagaragaye mu mashusho bateruranye ubwo baririmbaga muri iki gitaramo bigaragaza urukundo bombi bafitanye niba atari akazi kaba kabahuza kandi baba bagomba gukora ,Diamond akubahiriza ibyo yasinyanye na Zuchu ajya kumushyira muri Lebal ye.

Amafoto/ Wasafitv

 

Advertising

Previous Story

Umukobwa w’imyaka 29 yakoze ubukwe n’umukecuru w’imyaka 66 bemeranya ko murugo rwabo bazajya bacana inyuma

Next Story

Mu gihugu cya Kenya Umusore w’imyaka 23 yakubise umu police aramwica amuziza ko yamwatse telephone ye

Latest from Imyidagaduro

Go toTop