Nigeria: Umusore yirukanye umukobwa bakundana muri Getho umumobwa yanga kugenda ararira cyane

22/09/2023 21:38

Umusore wo mu gihugu cya Nigeria , yirukanye umukobwa bari kumwe muri Getho umukobwa yanga gukugenda ararira cyane.

Nk’uko byagaragaye mu mashusho yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Nzeri 2023, umusore yagaragaye arimo gusunika cyane umukobwa bakundana ndetse atamuha umwanya wo kugira icyo avuga gusa nawe yanga kuvirira.

Uyu mukobwa wasunikwaga arimo gukurwa muri iyo Getho yanze kuyivamo ararira cyane abantu baza kubakiza.

Ibi byabereye mu Mujyi wa Lagos muri Nigeria , gusa ntabwo amazina yabo yigeze ashyirwa hanze uretse ko amakuru avuga ko nyuma bahise batandukana.

Mu mashusho uyu musore agaragara yambaye isengeri y’umweru n’ikabutura yarimo asunika umukunzi we amusaba kumuvira murugo.Ibi byababaje abantu benshi cyane bagaragaje ko urukundo rwabo bombi rutigeze rubaho kuko ngo iyo rubaho ntabwo yari kumwirukana.

Mu mashusho uyu musore yumvikanye agira ati:” Uyu mukobwa twamuguriye iPhone 7plus nyuma tumugurira iphone x , ubwo rero tukimenya ko yanshiye inyuma twahise tumwambura ibyo twari twamuhaye niyo mpamvu namuvanye munzu yanjye”.

Advertising

Previous Story

Dore impamvu zishobora gutuma ubura umukunzi burundu

Next Story

Umuraperi Kanye west n’umugore we Bianca Censori bongeye kugaragara mu mafoto yavugishije benshi Kanye West akomeza guhimbwa amazina – AMAFOTO

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop