“Muzabibonesha amaso yanyu mu izina rya Yesu”,Yago yavuze ko uyu mwaka ugiye kurangwa n’indirimbo ze shya.

20/02/2024 23:11

Nyarwaya Innocent wamenyekanye muri muzika nyarwanda nka Yago Pon Dat yavuze ko umwaka wa 2023 ari nkaho atakoze cyangwa ngo asohore indirimbo ahubwo ubu uyu mwaka wa 2024 aribwo agiye guhata imiziki abakunzi be ati uyu muziki mwawukunda mutawukunda uzabamenya tu.

 

Mu magambo yakoresheje asa n’usetsa abantu yavuze ko umuziki we ugera kure nta visa bisabye,yakomeje agaragaza ko afite indirimbo nyinshi agiye kuzashyira ahagaragara ku buryo yiteguye gutanga umuziki uhagije kurusha 2023. Uyu muhanzi kandi aherutse gushyira hanze indirimbo nshya yise Habaye Ibitangaza yakoranye na Inyogo Ye,iyi ndirimbo irimo amagambo avuga ku gukunda u Rwanda no kugaragaza ibyo rugezeho

Lyvine Rwanda

His name is Livine Nsanzumuhira Ntambara known as Lyvine Rwanda,Studied Mass communication and Journalism at EAST AFRICAN UNIVERSITY,he works journalism as passion and professional

Advertising

Previous Story

Umukobwa waryamanye n’abasore babiri akayoborwa uwamuteye inda, bose yabatumiye mu birori bya Baby Shower barishimana

Next Story

Prince Kiiz yavuze ku ndirimbo “SINYA” ya Bruce Melodie yasohowe n’abandi bantu.

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop