Miss Mutesi Jolly yifurije urugo rwiza Pamela na The Ben agira icyo yisabira Tom Close

24/12/2023 18:23

Nyampinga w’u Rwanda 2016 Miss Mutesi Jolly, yifurije Miss Uwicyeza Pamela urugo ruhire avuga ko umunsi yakoze ubukwe yifuza ko Tom Close yazamwambarira.

 

Uyu mwari anyuze kuri Twitter konti ye yagize ati:”Uko Pamela yari yambaye byari byiza pe ,yasaga nk’abamarayika, abari bamwambariye nabo barangazaga ,The Ben yatsindaga ikizamini cyo guhitamo kuko yahisemo Best Man mwiza.Iyo nzakuba umugabo , nari gusaba Dr Tom kuba ‘Best Man’ wanjye.

“Urugo ruhire bageni beza.Mbifurije ibyishimo bihoraho nyuma. Imana izabe indiba y’urugo rwanyu”.

 

Nyuma yo kwandika aya magambo Miss Mutesi Jolly yakirijwe ineza n’amashimwe y’abantu basomye ubu butumwa”.

Advertising

Previous Story

Ese ni iki gituma umugore apfa ari kubyara

Next Story

Lupita Nyong’o yagiriye ibihe byiza ku ivuko

Latest from Imyidagaduro

Go toTop