Meek Mill yasubije abavuze ko ari umutinganyi

01/03/2024 08:07

Mill aherutse gushyira ubutumwa bwinshi kumbaga Nkoranyambaga ze agamije gusubiza abantu bamwise umutinganyi bitewe n’amashusho y’umutinganyi byagaragaye ko yakunze kuri “X”.

Robert Rhmeek Williams [ Meek Mill ] , yagaragaje ko , ibyo bakekera ku muhanzi w’Umuraperi ataribyo kuko Isi izi uwo ari we.Ati:” Ibi binyoma bari kubiha imbaraga nubwo baziko ataribyo”.

Yakomeje agira ati:” Intego yabo ni igusuzuguza umuryango mugari wa Hip Hop nanjye mbarizwamo”.

Muri ubu butumwa bwe , Meek Mill yavuze ko ntacyo yakora ngo abahagarike , cyakora abasaba gucisha make.

Bamwe mu basubije Meek Mill bavuze ko bemera ko atari umutinganyi ahubwo ko ngo yashakaga kwamamaza indirimbo ye ashobora kuba agiye gushyira hanze

Advertising

Previous Story

Paul Pogba yiniguye nyuma yo guhabwa ibihabwa ibihano

Next Story

Shampiyona y’u Rwanda irakomeza

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop