Match Live: AMAVUBI vs AFRICA Y’EPFO

21/11/2023 16:16

Mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizaba muri 2026 ikipe y’u Rwanda Amavubi irimo gukina na Africa y’Epfo iyirusha ubukaka mu bikombe.

Ubwo umukino watangiraga ikipe ya Afurika y’Epfo yagiye ikina neza ariko ikarushwa n’Amavubi cyane byaje no gutuma iyitsinda ibitego 2 ku busa mu gice cya Mbere byose byose, byatsinzwe n’abakinnyi ba APR FC.

AMAVUBI yatsindiwe na Nshuti Innocent wagitsinze mu minota 14 y’Igice cya Mbere.

Turajya tubagezaho uko umukino urimo kugenda,

Photo Credit: Inyarwanda

Advertising

Previous Story

Dore mikorobe ziba mukanwa n’izishobora gutera uburwayi

Next Story

Nshsuti Innocent na Mugisha Gilbert bafashije Amavubi gutsinda ikipe y’igihanganye ku Isi

Latest from Imikino

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop