Advertising

Match Live: AMAVUBI vs AFRICA Y’EPFO

21/11/2023 16:16

Mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizaba muri 2026 ikipe y’u Rwanda Amavubi irimo gukina na Africa y’Epfo iyirusha ubukaka mu bikombe.

Ubwo umukino watangiraga ikipe ya Afurika y’Epfo yagiye ikina neza ariko ikarushwa n’Amavubi cyane byaje no gutuma iyitsinda ibitego 2 ku busa mu gice cya Mbere byose byose, byatsinzwe n’abakinnyi ba APR FC.

AMAVUBI yatsindiwe na Nshuti Innocent wagitsinze mu minota 14 y’Igice cya Mbere.

Turajya tubagezaho uko umukino urimo kugenda,

Photo Credit: Inyarwanda

Previous Story

Dore mikorobe ziba mukanwa n’izishobora gutera uburwayi

Next Story

Nshsuti Innocent na Mugisha Gilbert bafashije Amavubi gutsinda ikipe y’igihanganye ku Isi

Latest from Imikino

Kenya: Kipyegon Bett yapfuye ku myaka 26

Kipyegon Bett, umukinnyi w’imikino ngororamubiri wo muri Kenya watsindiye umudali wa bronze mu kwiruka metero 800 muri 2017 muri Shampiyona y’Isi yabereye i London,
Go toTop