#Kwibuka30: Ubutumwa bwa Louise Mushikiwabo

12/04/2024 08:00

Mu gihe u Rwanda n’inshuti z’u Rwanda bari kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Louise Mushikiwabo yashimiye abamuhaye ubutumwa.

Mu butumwa bwe yagize ati:” Abachou, muraho neza! Muri ibi bihe bitoroshye byo kwibuka abacu twabuze imburagihe. Nifuzaga no kubabwira ko mbafite ku mutima kandi nshimira benshi muri mwe mwampanye ubutumwa muri ino minsi munyihànganisha ku kubura umubyeyi n’abavandimwe muri jenoside yakorewe abatutsi #Kwibuka30.

Icyo nababwira ntashidikànya nuko: u Rwanda rwatsinze kuberako rwimakaje urukundo, ntihagire ikibakanga rero! Tubeho, tubeho neza, tubereho n’abatakiriho! On est ensemble”.

Advertising

Previous Story

“Kwihangana si ukwibagirwa, Guseka ntabwo ari uguhaga” ! Miss Mutesi Jolly

Next Story

#Kwibuka30: Dj Brianne yageneye ubutumwa abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop