Kenya: Abandi basirikare 8 bakomeye bahitanywe n’indege ya KDF

19/04/2024 11:10

Ku munsi wo ku wa Kane tariki 18 Mata 2024 nibwo humvikanye inkuru ibabaje y’indege yagiyemo abasirikare ba Kenya barimo n’umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya.

Nyuma y’uko iyo ndege ikora impanuka, Perezida wa Kenya William Ruto , yahise atumiza inama idasanzwe y’umutekano yahise ibera kuri ‘state House’ mu Mujyi wa Nairobi.Iyi ndege yaguye yari iya Gisirikare yaguye ahitwa Marakwet.

Ni indege yarimo abantu 12 nk’uko byatangajwe harimo abasirikare bafite ipeti rya ‘General’. Muri abo harimo;

  1. Gen. Ogola
  2. Brgd Said
  3. Keitany
  4. Sora
  5. Omondi
  6. Likali
  7. Nyawira
  8. Col. Sawe

Iyi ndege ya Gisirikare yamaze kugera hasi ihita ifatwa n’inkongi y’umuriro.Kuri ubu Perezida William Ruto , yashyizeho icyunamo muri iki gihugu kubw’abasirikare baburiyemo ubuzima.

Advertising

Previous Story

Kwanda yabaye umuganga ! Uko umwana wa Clarisse Karasira yavuye Se avuye mu kazi

Next Story

Don Jazzy yakomeye amashyi Ayra Starr wahuye na Rihanna

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop