“Kazungu ubwe yarampamagaye ngo musange iwe i Kanombe anyoherereza n’amafaranga ndabyanga” ! Ubuhamya bw’umugore wavuze ko Kazungu yamushukishije amafaranga ariko bikarangira amunaniye

12/09/2023 20:51

Umugore waganiriye na Gerard Mbabazi yagaragaje uburyo yarokotse uyu mugabo washakaga kumushuka.Kumusozo w’iyi nkuru

 

Mu magambo ye aganira na Gerard Mbabazi binyuze ku muyoboro wa Youtube , uyu mugore yagize ati:”Yarampamagaye ampamagarisha numero y’Intanzaniya, ambwira ukuntu ariwe ufite ikamyo ariwe uranguza Boka Boda, ambwira ukuntu afite amabuye y’agaciro , anyereka uburyo ajya muri Congo,noneho arifotora, agafotora nk’umugabo ukize uri kumudoka yarangiza akakoherereza iyo foto , yarangiza aka kuwbira ati uyu ninjyewe.Noneho icyaje gutuma mu giraho amakenga nanjye, ni Audio (Amajwi), yanyoherereje”.

 

 

 

Nyuma hashize nk’iminsi itanu tuvuganye yarongeye arambwira ati:”Ubu naraje , ubu ndahari kandi nakubonye kuri Channel za Youtube numva ndagukunze , mbona uri umuntu wagira umuntu inama.Uwo mwanya namubwiye ko ntakibazo, arangije arambwira ngo mbese wazashaka umwanya ukaz tugahura, ndamubaza uti ese utuyehe , arambwira ngo atuye i Kanombe, gura arambwira ngo ari muri Hoteli, ndamubaza nti ese ko ubushize wambwiye ngo uri muri hoteli nkumva abana barbarize.

 

 

Mu gihe twari tutaravugana amagambo menshi ntanikintu turavugana nagiye kumva arambwiye ngo reka nkoherereze amafaranga (Uti kagire inkuru).Yakundaga kumpa kumbwira ngo nuza tugahura ndahita nguha anvilope yuzuye amafaranga  nanjye nti yashyire nyoko nawe arayakeneye”.Uyu mubyeyi yakomeje avuga ko yigeze kumubwira ko nakomeza kumuhamagara akajya amubwira ubusa, azaza kureba ajyanye na RIB ndetse asaba ko hazabaho igenzura niba abagore bose bakoze ibiganiro kuri Youtube niba bakiriho cyangwa niba batari mubo Kazungu yajyanye.

 

Advertising

Previous Story

Abasore gusa: Niba ushaka ko umukobwa agusarira kora ibibintu

Next Story

Dore uburyo wakoresha ukabasha gushimisha umubyeyi wawe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop