Advertising

Kanye west na Bianca Censori bongeye gutungurana

14/06/2024 08:07

Umuhanzi Kanye west n’umugore we Bianca Censori bagaragaye mu ndege zigendamo abantu bose bambaye mu buryo budasanzwe benshi bavuga ko bugarijwe n’ubukene.Kanye West utajya amara Kabiri atavuzwe yari yambaye nk’ubyutse.

Amakuru avuga ko aba bombi bari berekeje mu gihugu cy’u Buyapani ndetse ngo bakaba bagiye mu ndege isanzwe ikora ubucuruzi muri iki gihugu aho babonwe n’abafana babo bagatungurwa n’aho bicaye , uko bari bambaye.

Nyuma yo kubona aba bombi, umugenzi yahise afata amashusho yabo , Bianca Censori ari kuri Telefone naho Ye, asa n’uwananize aryamye ku ntebe , yiziritse umukandara w’indege maze ayashyira kuri TikTok.

Kugeza ubu amakuru avuga ko bageze mu gihugu cy’u Buyapani.

Previous Story

Selena Gomez na Benny Blanco batangaje amakuru mashya y’urukundo rwabo

Next Story

Victoria Kimani yavuze aho akomora impano yo kumurika imideri

Latest from Imyidagaduro

Go toTop