Advertising

Intare yishe uwaruri kuyigaburira

20/02/2024 17:53

Olabode Olawuyi wari Umuyobozi wa Obafemi Awolowo University [OAU] yororerwamo inyamaswa yatatswe n’intare iramwica ubwo yararo kuzigaburira.

 

Uwari ushinzwe kwita ku ntare muri Nigeria yishwe n’imwe murizo ubwo yarari kuzigaburira amafunguro nk’uko byemejwe n’Ubuyobozi bwa OAU.Ubwo ibi byabaga ngo bananiwe kumutabara kuko imwe muri zo yari yamaze kumukomeretsa.Uyu wishwe nazo ngo yari amaze igihe kirekire azitaho kuko ariwe wazigaburiraga ubwo zabaga zimaze kuvuka.

 

Uwatanze amakuru yagize ati:”Ntabwo twamenye icyateye iyo ntare y’ingabo kuko ntabwo yari isanzwe imwataka.Birababaje kuko tumubuze ari mu murongo w’inshingano ze”.Nyuma y’ibi, ubuyobozi bwa OAU bwohereje itsinda ry’abantu ku muryango we kubihanganisha no kubafata mu mugongo.

Umuyobozi w’iyi Kaminuza witwa Prof Adebayo Simeon Bamire yagize ati:”Birababaje cyane”.Yakomeje avuga ko hari gukorwa iperereza ryimbitse ngo hamenye icyateye intare yari asanzwe yitaho kwigararambya.

Previous Story

Nibo bambere bafite Views nyinshi kuri YouTube ! Ibyo wamenya kubasore bagize itsinda ‘Inyenyeri z’Ijuru’ bitegura gushima Imana

Next Story

Elsa Majimbo yasobanuye impamvu yamuteye kunywa itabi n’inzoga

Latest from Inkuru Nyamukuru

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop