Impamvu mu kwiriye gukorana natwe mukadushyigikira

08/01/2024 10:17

Impamvu mu kwiriye gukorana natwe, ni uko mu gihe tumaze dukora, twabafashije kumenya amakuru atandukanye, ku buzima, urukundo  , imyidagaduro n’ibindi tukaba dukomeje.Twazamuye impano zitandukanye dutanga   dutanga inama mu nkuru zacu nk’uko bagiye bitubwira.

 

Mu gihe dutangiye umwaka mushya wa 2024 , Ubuyobozi n’abakozi ba UMUNSI Media Ltd, tubifurije kuzagira ishya n’ihirwe mu mirimo yanyu.Muri uko kubifuriza umwaka mushya , turorohereza uwari we wese , ufite icyo akora akaba ashaka ko cyamamara mu kwamamaza kuri make mu gihe kirekire.

 

ESE NI GUTE WADUFASHA.

Birashobokako umaze igihe usoma inkuru tukugezaho umunsi ku munsi, ukaba uri umukunzi wacu wifuza kudutera inkunga.Ushobora kutwandikira kuri Email yacu ariyo ; Info@Umunsi.com,  turaganira mu masegonda make cyangwa unyure kuri watsapp 0783450859.

ABASHAKA KWAMAMAZA.

Niba ushaka kwamamaza ibikorwa byawe, nawe turagufasha kuri make, kandi gukorana natwe ni ukudutera inkunga ikomeye kuko uba ubaye umwe mu bafatanyabikorwa bacu.

1.Abacuruzi

2.Ibigo bya Leta

3.Abahanzi

4.Amahoteri

5.Amashuri

6.Kwamamaza ibitaramo,….

 

Ushaka kwamamaza twandikire kuri  Info@Umunsi.com cyangwa unyure kuri watsapp yacu 0783450859.

 

ABAHANZI N’ABANYEMPANO.

 

Niba uri umuhanzi cyangwa ukaba ufite indi mpano , duhe igihangano cyawe , unyuze kuri Email cyangwa numero twatanze haraguru.

 

Wadukurikira unyuze kuri ;

Facebook Page : Umunsi.com

Instagram: Umunsiofficial

Twitter: Umunsi.com

YouTube : UMUNSI TV.

 

Ibikorwa byacu, bikurikirwa n’abarenga Miliyoni  buri munsi.

Advertising

Previous Story

Uwicyeza Pamella yagaragaje ubwuzu afitiye The Ben n’ababashyigikiye

Next Story

Ku myaka 18 gusa yari amaze kubyara abana 4, yagizwe umugore ukiri muto kurusha abandi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop