“Igihombo gikomeye cyane umukobwa ashobora guhura na cyo ni uguteretwa n’umusore w’umukene” ! Slay Queen

04/11/2023 18:09

Umukobwa wiyise Slay Queen yavuze ko guteretwa n’umusore w’umukene ari igihombo gikomeye cyane.

 

Uyu mukobwa uzwi nka Slay Queen no mu buzima busanzwe yavuze yavuze ibi ngo ashaka kugira inama abakobwa bagenzi be.Uyu mukobwa ntabwo yavuzwe amazina n’ibinyamakuru byo muri Nigeria dukesha iyi nkuru, gusa aya mashusho yayanyujije kumbuga nkoranyambaga ze.

 

Uyu mukobwa yavuze ko mu gihe umusore adashobora kugurira umukunzi we ibyo se umubyara yamuha, ngo nta mpamvu yo gushakana nawe.Yavuze ko nta muntu arimo kubuza gushaka gusa avuga ko we yamaze gufata umwanzuro wo kutazakundana n’umukene Broke man ].

 

Bamwe mu bagize icyo bamubaza harimo uwitwa Drolatunde , wagize ati:” Ese papa wawe yari afite amafaranga ajya gushakana na mama wawe ? humura uziga. Nugira imyaka 40 uzumva icyo umubiri wakubwiye”.

 

https://chat.whatsapp.com/I5hotuOHu9DFD0XHoQQAX6

Advertising

Previous Story

Kim Kardashian yavuze ko umukobwa we North west akunda kubana na Se Kanye West

Next Story

Marry Love na Nikhan bashyize hanze indirimbo nshya ‘C’est Tout’  basaba abakundana kujya bahitamo rimwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop