Dr Kizza Blair yabujije abantu kujya baterera akabariro mu bwiherero avuga ko ari bibi cyane

30/08/2023 13:08

Uyu muganga w’umugore witwa Dr Kizza Blair wi mu gihugu cya Uganda yafashe umwanya avuga ku bibi byo guterera akabariro mu bwiherero.

 

Ibi yabisobanuye ubwo Hari amashusho y’umwe mu bakobwa ndetse n’umusore bagaragaye bari guterera akabariro mu bwiherero bwa kabari.

 

Nkuko uyu mugore abivuga avuga ko guterera akabariro mu bwiherero bigira ingaruka mbi cyane ku buzima bwabo bari kubikorera mu bwiherero.

 

Kubera isuku nke Iba mu bwiherero Kenshi cyane ubwo mu kabari, bishobora gutuma abo bombi bari kubikorera mo bandura infection iterwa ninkari Ziba ziri mo aho cyane ko Ziba Ari izabantu benshi.

 

Sibyo gusa kandi ngo ushobora kuvanami ibirwara byinshi ntiyatinye ni kuvuga ko wahakura na HIV agakoko gatera ubwandu bwa SIDA.

 

Yakomeje avuga ko nabo bagiye kubikorera mo bajye bibuka gutunganya aho bagiye kubikorera ndetse bibuke gukoresha agakingirizo ariko ngo ikiza ni uko babireka kuko aho hantu baba bagiye kubikorera ntihizewe.

 

Ayo mashusho yasahaye hirya no hino ku mbugankoranyambaga bivugwa ko yafashwe mu ibiganga ubwo Umusore n’umukobwa bari bari mu busambanyi babikorera mu bwiherero.

 

Umukobwa ugaragara muri ayo mashusho yafashe iyambere asaba imbabazi abantu abasaba ko barekere guhererekanya ayo mashusho bafashwe.

 

Ayo mashusho akomeje kuvugisha benshi muri afurika y’iburasira batangazwa nukuntu batengushwe nuwo mukobwa wemeye guterera akabariro mu bwiherero.

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

Source: Nairobi News

Advertising

Previous Story

Amakosa akorwa n’abakobwa cyangwa abagore bigatuma bahorama impumuro mbi mu myanya y’ibanga

Next Story

Ntuziruke ! Dore ibyo usabwa gukora mu gihe uhuye n’imbwa

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop