Dore uburyo umugabo yakoresha bukamufasha kongera ingano y’igitsina cye mu burebure no mumubyimba

26/08/2023 22:24

Hari bamwe mu bagabo usanga baterwa ipfunwe n’ingano y’igitsina cyabo nyamara ntaruhare babigizemo na cyane ko ingano atariyo ifasha uwo bashakanye.Muri iyi nkuru , tugiye kurebera hamwe ibyafasha abagabo.

 

 

Nibyo koko ntabwo ingano y’igitsina ariyo ituma imibonano mpuzabitsina igenda neza na cyane ko n’igitsina gito gishobora gufasha umugabo gushimisha umugore bashakanye gusa kuko benshi ntabyo bazi niyo mpamvu bahorana guhangayika.Gusa nanone iyo umugabo afite igitsina kinini kiringaniye , biramufasha mu gihe cyo gutera akabariro.

 

 

Birumvikana nanone , iyo umugabo afite igitsina kinini akaba azi kugikoresha nez aruta ufite gito ariko utazi kugikoresha cyangwa uzi no kugikoresha.Umuhanga wanditse igitabo cyitwa ngo ‘SEX AND EJACULATION’ , yagaragaje uburyo umugabo wifuza igitsina cyisumbuyeho  yabigenza.

 

 

1.Uburyo bwa mbere ni uburyo bwa Bihari: Ubu buryo , muganga akata inyama igitsina cyawe kiba gifasheho mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.Bavuga ko kandi ushobora kunguka Cm 5 kucyo wari usanganwe.Iyo ushatse gutera akabariro igitsina cyawe ntabwo cyitunga hejuru kuko ntaho kiba gifashe kiba gisanzwe ariko cyariyongereye.

 

 

 

2.Guterwa ibunure: Hari ibinure bikurwa kubibero bakabitera mu gitsina cy’umugabo.

3.Kwikinisha

4.Gukora imyitozo ngorora mubiri.

 

 

Ningombwa gushakisha amakuru menshi kandi agufash uhereye kuri aya tuguhaye mu gihe wifuza kugira igitsina cyisumbuyeho ariko tukwibutsa ko igitsina kinini ntacyo gifasha mu gihe ugifite atazi kugikoresha.

 

Advertising

Previous Story

Burya uko ugenda bifite aho bihuriye n’imico yawe ikuranga mu buzima bwa buri munsi

Next Story

Rocky Kimomo nyiri agasobanuye agiye gushyira hanze indirimbo ya Kabiri yise Pressure

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop