Day Maker wihebeye Riderman , Logan Joe na Kivumbi King yahishuye aho yifuza kugeza umuziki we – VIDEO

27/12/2023 17:52

Mu kiganiro na Daymaker watangiye umuziki akiri muto yahishuye urugendo rwe muri muzika no gukora indirimbo.

https://www.youtube.com/watch?v=cJFzPxwmesY&t=450s

Umuhanzi Daymaker DM wamamaye mu Karere ka Musanze yatangaje ko urukundo akunda umuziki ruzamufasha kuwushyira ku rundi rwego agatungwa nawo .DM yasobanuye ko yatangiye gukora umuziki ari mwaka wa 2 w’amashuri ananza.

 

Mu kiganiro n’uyu musore yasobanuye ko abahanzi ubifatanya no gukora indirimbo z’abahanzi yavuze ko akunda abahanzi baririmba Hip Hop cyane agaruka kuri Riderman, Kivumbi King , Bull Dog n’abandi

KANDA HANO UREBE IKIGANIRO TWAGIRANYE NA DAYMAKER DM

https://youtu.be/cJFzPxwmesY?si=39MeucANlZs6vFSF

Advertising

Previous Story

Alyn Sano yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘BIRYOHA BISANGIWE’ – VIDEO

Next Story

Clare Akamanzi yagizwe umuyobozi ukomeye

Latest from Imyidagaduro

Go toTop