Chris Eazy yateguje indirimbo imeze nka Filime

06/04/2024 18:24

Umuhanzi Chris Eazy yateguje indirimbo yise ‘Sekamo’ azasohora mu mpeshyi.

Binyuze kuri Junior Giti, Umunyamafaranga ufasha Chris Eazy muri muzika, yatangaje ko umuhanzi we azashyira hanze indirimbo mu mpeshyi yose ‘SEKOMA ‘.Nyuma yo gushyira hanze ubu butumwa Junior Giti yasabye abakunzi babo kuragaragaza indirimbo bakunze cyane muri ; Bana , inana, ideni, Stop, lala , basi Sori , Jugumila n’izindi.

Junior yagize ati:”Mwitegure SEKOMA iri munzira”. Junior Giti w’urwenya rwinshi , yatangaje ko Sekamo izahoka mu mpeshyi z’uyu mwaka.Chris Eazy watangiye gukora umuziki aririmba injyana ya Hip Hop , ntabwo yigeze ashyira hanze impano ye kugeza ubu aracyahatana.

Chris Eazy ni umwe mu bahanzi bakomeye kandi bazwiho gukora utuntu tudasanzwe mu mashusho mato anyuza ku mbuga nkoranyambaga, bigatuma agira itandukaniro na bagenzi be.Usinye Eazy nta wundi muhanzi ugerageza kwisanisha n’abafana mu buryo bwo gukora indirimbo dore ko akenshi ashyiramo amashusho y’abana n’amashusho y’abakuru bigatuma buri wese yisanga mu ndirimbo ze.

Integuza ya SEKOMA ya Chris Eazy
Previous Story

KENYA: Abakoresha YouTube basoje amasomo ya ‘Made For You’

Next Story

Perezida Paul Kagame yaganiriye na Petr Pavel

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop