Saturday, May 11
Shadow

HANZE

Umukozi w’Imana yavuze uko yarokotse urupfu ubwo yaryamanaga n’abagore babiri bafite ubwandu bwa SIDA

Umukozi w’Imana yavuze uko yarokotse urupfu ubwo yaryamanaga n’abagore babiri bafite ubwandu bwa SIDA

HANZE
Abavugabutumwa benshi usanga bisanga mu murimo wo kuvuga ubutumwa baranyuze mu buzima bubi bugoye ndetse banyura mu bigeragezo nkibyo n'abandi banyuramo ariko Imana ikababa hafi bagakizwa bikabahira.   Uyu muvugabutumwa uzwi ku mazina ya Pastor T, inkuru ye yatangaje benshi maze bakomeza gutega amatwi ubutumwa bwe. Uyu muvugabutumwa yavuze inkuru ye y'ukuntu yarokotse urupfu ubwo yaryamanaga n'abagore babiri bafite ubwandu bwa SIDA.   Yavuze ko mu busore bwe yari umunyabyaha ndetse ko atatinyaga kuryamana n'abagore, ikindi uyu mugabo yivugira ko icyo gihe yakoraga ibyo byaha byose yumvaga yishimye ariko ngo ntakintu kiza gushimisha kurusha kubana n'Imana, kubaha Imana, Kudakora ibyaha nicyo kintu kinezeza cyane.   Yakomeje avuga ko umunsi umwe yaryamanaga n...
Kenya : Inkumi ebyiri z’uburanga zagaragaye mu muhanda ziri kurwana

Kenya : Inkumi ebyiri z’uburanga zagaragaye mu muhanda ziri kurwana

HANZE
Muri iki gihe inzoga ziri kunyobwa cyane ndetse hahandi ziri gutuma ubusinzi bwiyongera cyane cyane mu rubyiruko, icyo ninacyo gituma abantu bibaza niba urubyiruko rw’ubu ruzavamo abakuze bejo hazaza bikabacanga, sibyo gusa kuko haribazwa aho amafaranga basindira ava Kandi birwa bavuga ko ubucyene bubishe ngo babuze akazi.     Ibyo byose byakomeje gusakara no kugirwaho impaka biturutse ku mashusho yanyujije ku mbugankoranyambaga aho abakobwa batatu, abakobwa beza bo mu gihugu cya Kenya bagaragaye mu mashusho basinze bari kugwirirana arinako barwana hagati yabo.       Muri ayo mashusho abo bakobwa bari bari gufatana mu majosi, arinako batukana besurana, icyakora mu mashusho humvikanamo ijwi ry'umugabo uba uri kubabwira kurekurana bakarekera kurw...
Umukobwa ukora mu ndege yonkeje umwana w’umwe mu bagenzi wari yabuze amashereka abari mu ndege bamwita intwari

Umukobwa ukora mu ndege yonkeje umwana w’umwe mu bagenzi wari yabuze amashereka abari mu ndege bamwita intwari

HANZE
Umukobwa usanzwe ukora mu ndege mu gihugu cya Philippine akomeje kwitwa intwari nyuma yo gukora igikorwa gikorwa na bacye akemera konsa umwana wumwe mu bagenzi bari muri iyo ndege.   Mu ifoto yanyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, uyu mukobwa witwa Patrisha Organo akanaba wa mukobwa ukora mu ndege niwe wonkeje umwana wumwe mu bagenzi bari muri iyo ndege. Hejuru yiyo post ye yanditseho ati "Nonkeje umwana wari ushonje wumwe mu bagenzi bo mu ndege".   Nk'uko uyu mukobwa yabivuze, yavuze ko yagiye mu kazi nkibisanzwe yumva ko umunsi we uragenda neza nk'uko buri wese aba yifuza ko umunsi we wagenda neza. Ndetse yongeyeho ko yari yatoranyijwe mubaza gukora mu ndege ndetse bikaba byari ibintu byiza ku rugendo rwe rw'akazi.   Yakomeje avuga ko ibintu byari bisanzwe...
Umukobwa uririmba indirimbo zo kuramya Imana muri Kenya, yagaragaye mu muhanda afite icyapa avuga ko ashaka umugabo w’umuherwe

Umukobwa uririmba indirimbo zo kuramya Imana muri Kenya, yagaragaye mu muhanda afite icyapa avuga ko ashaka umugabo w’umuherwe

HANZE
Umuririmbyi uririmba indirimbo zo kuramya Imana muri Kenya wamamaye nka Justina Syokau yagaragaye mu muhanda avuga ko ashaka umugabo, yagaragaye afite icyapa kinini mu muhanda avuga ko nawe ashaka umugabo umukunda. Mu mashusho yanyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, uyu mukobwa niyo yagaragaye mu muhanda afite icyapa kinini avuga ko ashaka umugabo ndetse ko Ari ku isoko, icyakora yari yashyizeho ibyo umugabo umushaka agomba kuba yujuje.   Ibyo nibyo byatunguye abantu benshi kurusha kumubona mu muhanda.Ku cyapa yari afite Hari handitseho ko Ari ku isoko, ndetse ko agomba kubona umugabo mbere Yuko 2024 igera.   Gusa umugabo ashaka ntasanzwe si umugabo ubonetse wese kuko yari yanditseho ko umugabo ashaka agomba kuba atunze Billion, afite imyaka 25, arenzaho uko uwumva a...
Kenya : Umugabo yahubutse mu giti cy’umwembi agwa hasi ahita arwara pararize

Kenya : Umugabo yahubutse mu giti cy’umwembi agwa hasi ahita arwara pararize

HANZE
Umugabo wo mu gihugu cya Kenya mu gace ka Machakos  , yatangaje ko yabaye Pararize nyuma yo guhanuka mu giti cy’imyembe yarari gucamo uwo kurya.     Felix Kyalo  Mutungu  utuye mu Mujyi wa Machakos muri Kenya yashyizwe mu kagare kubera impanuka yagize yo guhanuka mu giti cy’imyembe ndetse ngo kuva icyo gihe akaba atari yabasha kongera kugenda nk’ibisanzwe.     Aganira n’itangazamakuru ryo muri Kenya, uyu mugabo yavuze ko ibi byago bikimara kumubaho yagizwe n’umugore we ngo umukunda cyane, wamwitayeho akaba akomeje kumurwaza.   Yagize ati:”Umugore wanjye turabana muri Kitengela,rero yagombaga kumfasha mu bintu byinshi.Ni we wakomeje kwita kurugo rwacu kuko njye ntakintu na kimwe mbasha gukora.Ntabwo navuga ko byari bimeze nabi ariko kuva uwo ...
Yavukanye ururimi runini ! Umugabo n’umugore batewe impungenge n’umwana wabo wavutse adasanzwe

Yavukanye ururimi runini ! Umugabo n’umugore batewe impungenge n’umwana wabo wavutse adasanzwe

HANZE
Uyu mwana w'umukobwa yitwa Paisley Marrison Johnson yavukanye ururimi runini ndetse bitangaza abaganga bamwakiriye ku Isi, usibye abaganga gusa ndetse n'ababyeyi b’uyu mwana batangajwe n'uburyo umwana wabo yaje ameze ndetse bagaragaza ko bafite impungenge cyane ku mwana wabo.     Ubwo abaganga bari bari kwita ku mugore ngo abyare, byari byagorana ariko nyuma aza kubyara gusa abaganga bihutiye kureba uko umwana ameze niko gusanga umwana afite ikibazo kuko umwana yavutse afite ururimi runini. Abagabo bihutiye kureba uburyo ururimi rwamera neza kugira ngo unwana abashe guhumeka.     Uyu mugore witwa Madison akaba nyina ubyara uyu mwana, yavuze ko ubwo yamaraga kubyara umwana we atigeze amuterura, yavuze ko yagize ubwoba ndetse agafatwa nikiniga kubera umw...
Kenya : Wanjiru yongeye kugezwa imbere y’ubutabera ashinjwa kwiba umuceri ufite agaciro ka Miliyoni 14

Kenya : Wanjiru yongeye kugezwa imbere y’ubutabera ashinjwa kwiba umuceri ufite agaciro ka Miliyoni 14

HANZE
Umugore wo muri Kenya witwa Marry Wanjiru,yagejejwe imbere y’urukiko rwa Kiambu, ashinjwa kwiba umuceri ungana na 50Kg.Uyu mugore wari ufatanyije n’undi utaramenyekana ngo si umuceri gusa yibye.   Ku munsi wo ku wa Gatatu nibwo kuri Kiambu Law Court hagejejwe uyu mugore witwa Marry WANJIRU wo mu gihugu cya Kenya , aburanywa kubyaha birimo no kuba yaribye umuceri ufite agaciro ka Miliyoni 14 Ksh.   Urukiko rwahuje ibirego Wanjiru ngo yashinjwaga mu 2021 na 2022 byo kwiba ibikapu bigera ku 1680 n’ibiro by’umuceri  50  byose bifite agaciro k’amafaranga sh14,784,000 bya Muhamed Abrahim. Nubwo bashinjwa ari babiri gusa ngo inshuro nyinshi uyu mugore Wanjiru yagiye yitaba wenyine.Urukiko rwavuzeko Wanjiru , afite ibirego byinshi aregwa ndetse ngo byose bikaba bigarag...
Australia: Umugore w’imyaka 56 yanyoye imiti ya Diabetes. ashaka kugabanya ibiro ihita imwica

Australia: Umugore w’imyaka 56 yanyoye imiti ya Diabetes. ashaka kugabanya ibiro ihita imwica

HANZE, Ubuzima
Umugore wo muri Australia wari mu myiteguro y'ubukwe bw'umukobwa we yifuje kunanuka maze anywa imiti igabanya ibiro ahita apfa. Trish Webster yishwe n'uburwayi bwa Gastrointestinal nyuma yo gufata imiti ya Diabetes yo mu bwoko bwa 2 irimo iyitwa Ozempic agamije kugabanya ibiro nk'uko umuryango we wabitangaje.   Uyu mugore yapfuye azize gufata iyi miti izwiho kugabanya ibiro kugira ngo yitegure ubukwe bw'umukobwa we. Umugabo we witwa Roy Webster yabwiye Per 60 Minutes Australia, ko umugore we nta Diabetes yari arwaye ngo yayifashe agira ngo agabanye ibiro.Ati:" Umukobwa we yari afite ubukwe.Uyu nawe rero yari yaravuze ikanzu yifuza kuzambara. Ubwo rero yahangayikishijwe n'uko angana".   Roy yemeza ko umugore yabanje gufata Ozempic nyuma agafata Sexanda nabyo bizw...
Mugire impuhwe ! Igisambo nyuma yo gufatwa kigakubitwa izakabwana kiri gutakamba ngo bagire impuhwe

Mugire impuhwe ! Igisambo nyuma yo gufatwa kigakubitwa izakabwana kiri gutakamba ngo bagire impuhwe

HANZE, Ubuzima
Ubusanzwe ubundi mu gihugu cy' u Rwanda kwihanira ntago byemewe, ni ukuvuga ngo iyo ufashe igisambo hano mu Rwanda wihutira kugishyikiriza inzego zishinzwe umutekano kuko iyo ugikubise nawe urabihanirwa.   Ibyo ni mu Rwanda gusa ariko siko bimeze mu bindi bihugu.Mu gihugu cya Zambia umugabo yafashwe Ari kwiba maze akubitwa inkoni agirwa indembe maze atangira gutakamba asaba imbabazi ngo bagire impuhwe.   Biravugwa ko uyu musore wakubiswe yari asanzwe yiba ndetse agatera ubwoba abo agiye kwiba mbere yo kubiba.Ubusanzwe mu gace kitwa Kumasi bari bamaze iminsi barembejwe nubujura bukabije aho abaturage benshi bari bamaze iminsi bataka kwibwa, igisambo cyari kimaze igihe kinini cyarayogije igiturage cyose uyu mugoroba nibwo cyafashwe maze gifatwa n'abamwe mu baturaga bo m...
Zambia ! Nyuma yo gukubita umugore we, umugabo yafashe kungufu nyirabukwe maze aramukomeretsa cyane

Zambia ! Nyuma yo gukubita umugore we, umugabo yafashe kungufu nyirabukwe maze aramukomeretsa cyane

HANZE, Inkuru z'urukundo
Mu gihugu cya Zambia haravugwa inkuru yuyu mugabo w'imyaka 33 wakoze amahano akomeye cyane, uyu mugabo yafashe kungufu nyirabukwe maze aramukomeretsa cyane ubwo nyirabukwe yamusangaga Ari gukubita umugore we ni ukuvuga uyu mugabo yakubitaga umukobwa wuyu mubyeyi.     Uyu mugore ufite imyaka 58 niwe wafashe kungufu n'uyu mugabo. Uyu mugore yavuze ko yumvishe mu nzu umukobwa we Ari kurira cyane atabaza kubera ko ngo uyu mukobwa we yari Ari gukubitwa n'umugabo we, uyu mugabo ubusanzwe yitwa Pathias.     Nibwo uyu mugore ukuze yigiriye inama yo kujya mu nzu kureba icyo umukobwa we abaye, ubwo yageraga mu nzu yasanze umukobwa we Ari gukubitwa n'umugabo we ndetse umugabo Ari kumukubita ntacyo yitayeho ngo dore ko yakubitaga aho abonye hose.   &nbs...