Byinshi wamenya ku ndwara Hirsutism ituma umugore agira ubwanwa akazana n’impwempwe ku gatuza n’ahandi

26/11/2023 20:27

Hari ubwo uzabona abagore benshi bafite ubwoba cyangwa umusatsi aho bitagakwiye , bigasa naho ameze nk’umugabo nyamara ugasanga nta ruhare na ruto yigeze abigiramo.Ese biterwa ni iki ? Muri iyi nkuru turarebera hamwe byinshi ku ndwara yitwa Hirsutism ikunda kwibasira abagore bakagira ubwoya aho abagabo basanzwe babugira , nugira ikibazo usige igitekerezo.

 

Bagore barwaye indwara bagira ubwoya, Kukananwa, ku gituza, hejuru y’umunwa wo hejuru n’ahandi.Ikinyamakuru cyitwa Cedars-sinai, kigaragaza ko ibi biterwa cyane cyane no kuba uwo mugore afite imisemburo myinshi ya Kigabo yitwa ‘Androgen’.Abagabo bose, bakora imisemburo mike cyane y’uwo musemburo ku buryo biba bibi iyo uwo musemburo wigenje bigatuma arwara Hirsutism.

NI IKI GITERA HIRSUTISM ?

 

Ubusanzwe iyi ndwara ifata abagore gusa, iterwa ;

1.Indwara yitwa Polycystic Ovary Syndrome [ POCOS]. Iyi ni imwe mu mpamvu zituma umugore arwara Hirsutism.Iterwa n’ubwivumbagatane bukurura kujagarara kw’imisemburo.

2.Kujagarara kwa ; Puitary Gland, Adrenal Gland, adrenal gland or thyroids gland.

3.Ku rwara ibibyimba kuri Ovary  ikora umusemburo wa Androgene.

4.Kurwara umusemburo wa Insulin uhindura uhindura amafunguromo imbaraga ukaringaniza n’isukari.

5.Gucura k’umugore

6.Kurwara indwara endometrisis itera umugore uburibwe bukomeye.

7.Indi miti ushobora ufata.

NIHE HIRSUTISM IFATA CYANE

1.Kumunwa wo hejuru.

2.Akananwa.

3.Ku itama.

4.Kugituz.

5.Kumugongo.

6.Ku kibuno.

 

IYI NDWARA ISUZUMWA GUTE ?

Mu ugihe kwamuganga cyangwa ukaba ufite umuntu urimo ku kwiteho, azatabgira akubaza ibimenyetso by’ibanze.Ibi bizatuma abona ukuntu agusuzuma bigaragara inyuma.Mu kuguzuma nanone bafata amaraso bituma umusemburo wa Androgen wiyongera.

UKO WAKWIYITAHO.

1.Kwiyogosha.

2.Gukoresha imiti ya bugenewe , igamije gukuraho ubwo bwoya.

3.Waxing

4.Bleaching ; Gukoresha imiti ituma uruhu rwawe rwererana.

 

 

Advertising

Previous Story

Ni iki abahanzi b’i Rubavu bazungukira mu ntero ya #RubavuNziza ? – VIDEO

Next Story

Gakenke : Habereye impanuka ikomeye ihitana umushoferi bivugwa ko yari afite umuvuduko mwinshi

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza bidasanzwe byo kurya inanasi

Inanasi ni urubuto ruzwi cyane ku isi yose kubera uburyohe bwayo ndetse n’akamaro k’ubuzima ifite. Uru rubuto rukomoka mu muryango w’ibinyomoro (Bromeliaceae) kandi rwamenyekanye

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop