Blaise yatsindiye miliyoni eshatu ku biceri bye maganatanu gusa

by
06/04/2023 18:03

Mbere na mbere reka tubibutse ko imikino y’amahirwe ikinwa n’abarengeje imyaka 18 (cumi n’umunani)

Nkuko tubikesha urubuga rwa ‘betpawa.rw’ rwa sosiyete ikora ibijyanye n’imikino y’amahirwe. Blaise usanzwe ari umwogoshi muri kigali yatsindiye 3,853,294 rwf yashoye 500rwf nyuma y’amezi make atsindiye n’ubundi 1,700,000 rwf ku biceri bye 200 rwf.

Blaise yagize ati:” iyi ni inkuru yanjye, namenye petpawa nyibonye muri opera mini , nifuza kureba uko ikora n’uko ndiyandikisha ntangira kubetinga.

Nakundaga gukurikira imikino itandukanye, bityo rero nibwo naje gushyiraho 200 rwf nsindira miliyoni imwe na maganarindwi mpera ko nizamurira ikizere noneho nkomeza gukina.

Yavuze ko icyo yakundiye petpawa ari uko byoroshye kuyikoresha kandi ikaba idakata amafaranga yaba mu kubitsa cyangwa kubikuza, ubu amafaranga yose yatsindiye agiye kuyarya imbumbe.

Blaise avuga ko agiye kwikorera nka boss akareka gukorera abandi kandi ko aya mafaranga azamuhindurira ubuzima

Petpawa ni sosiyete y’imikino y’amahirwe  yashinzwe n’umuhanzi Mr Eazi mu mwaka wa 2013 aho imaze kugira amashami atandukanye hirya no hino muri Africa, ikaba yarageze mu Rwanda mu w’2022 muri gicurasi ikaba imaze kuyobokwa n’abatari bake.

N’ubwo bavuga ko imikino y’amahirwe iribwa n’abantu 4% mu bayikinnye bose, hariho abayirya imwe ikaba yanafunga, usibye ko na bo ayo iba yarabariye aba ari menshi.

Source: www.petpawa,rw

 

Advertising

Previous Story

Dore ibyo ukwiye kugira kugira ngo wubahwe n’igitsina gore cyane

Next Story

Itondere cyane abo ukurikira! Ibintu byagufasha kureka kuba imbata y’imbuga nkoranyambaga

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop