Bidasubirwaho Lionel Messi ntazakomezanya na PSG mu mwaka utaha w’imikino

01/06/2023 15:37

Lionel Messsi yageze muri PSG mu mwaka w’ibihumbi bibiri namakumyabiri na rimwe 2021 byumvikane ko amaze muri iyi ekipe imyaka ibiri2 nubwo bwose umusaruro yari yitezweho muri iyi ekipe utagezweho.

 

Paris Saint-Germain yaguze Lionel Messi imwitezeho umusaruro wo kuba yatwara kimwe mu bikombe bikinirwa ku mugabane w’iburayi cyane cyane UEFA Champions League ariko ntabwo byakunze kuko uretse NEYMAR JR ndetse na MBAPPE Messi yari aje asanga muri iyi ekipe batabashize gutwara iryo rushwanwakuko iryo muri uyu mwaka wa 20222-2023 basezerewe n’ikipe ya Bayern Munchen yo mubudage.

 

Abafana ba PSG ntabwo banejejwe n’uyu musaruro w’iyi ekipe nagato kuko batumvaga ukuntu ahantu hari ababakinnyi bose hakwiye kubura iri rushanwa Lione Messi kandi yatwaye igikombe cy’isi afatanije na bagenzi be bakinana muri ARGENTINA gusa ntabwo twakwirengagiza uruhare rw’uyu mukinnyi mugutwara iki gikombe kuko ari umwe mukinkingi zamwamba zari zihetse zagenzi bazo

 

Ubu rero uru gendo rw’uyu mugabo Muru PSG akaba ari aha rugarukiye akaba yaratwaranye nayo LIGUE 2 na COUPE DE FRANCE 1. Mbibutse ko Messi yari yageze muri PSG avuye muri Fc Barcelona kubera ko itari ikibashije kumuhemba bijyanye nubukene bwibasiriye LALIGA impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri SPAIN

 

Biravugwa ko nyuma yaho Messi asohokeye muri PSG afite amahitamo abiri yahoo yakwerekeza haba muri Fc Barcelona yamurenze cyangwa akaba yajya muri leta zunzubumwe z’abarabu gushakirayo amafaranga

 

Source: Fabrizio Roman

Advertising

Previous Story

Abana bagize itsinda Ghetto Kids bageze kuri Final muri British Got Talent nyuma yo gukundwa n’abatari bake

Next Story

Umutoza w’Amavubi amaze guhamagara abakinnyi 25 bazavamo abazakina na Mozambique i Huye

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop