Bahati uherutse kujyana umugore we aho bogosha mu myanya y’ibanga yamumennyeho akayabo k’amafaranga

17/10/2023 21:36

Umwe mu bahanzi bagezweho mu gihugu cya Kenya Bahati, wahoze uririmba indirimbo z’Ihimbaza Imana akaza kubivamo akigira gukora indirimbo z’urukundo, kuri ubu yagaragaye ari kumena akayabo k’amafaranga ku mugore we Diana.

 

Ibi bibaye nyuma gato ho iminsi micye ubwo uyu mugabo Diana yafataga Umugore we Diana maze amujyana ahantu bashinzwe gutunganya no kogosha mu myanya y’ibanga kugira ngo umugore we bamukoreho ryake.

 

Ubwo abo bombi bari mu kwizihiza umunsi abo bombi bakoreye ubukwe ku nshuro ya 7, uyu mugabo Bahati yatunguranye ubwo yahaga umugore we impano zihenze cyane harimo imibavu, ubutaka ikirenzeho arangije agusha imvura y’amafaranga ku mugore we Diana.

 

Mu mashusho uyu mugore Diana aherutse gusangiza abamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram, yagaragaye mo mu mashusho ari kumwe n’umugabo we bari mu kirori bishimye ndetse muri ayo mashusho nibwo uyu mugabo anyanyagiza imvura y’amafaranga ku mugore we Diana.

 

Bahati kandi mu mezi macye ashize aherutse gukorana indirimbo na Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie indirimbo yitwa “Diana” akaba yarayitiriye umugore we kuri ubu bamaze imyaka 7 babana.

 

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Ubanza yabonye ko harimo amafaranga ! Ndimbati agiye gutangira kumena amabanga y’ubuzima bwe kuri YouTube

Next Story

Urayigura ku neza cyangwa inanbi ! Umugore yamenye amazi mu buriri nyuma yuko umugabo we yanze kumugurira imisatsi ihenze

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop