Intambara yo muri Palestine na Israel ni intambara imaze igihe ndetse imaze kwangiza byinshi. Muri iyi ntambara buri gihugu kiba gishinja ikindi ubushotoranyi. Gusa
Umuntu yaremwe mu buryo butangaje, ku buryo utatinya no kuvuga ko nta kintu gishobora kugira technology nkiyo umuntu aremwememo. Rero hari ibintu byinshi by’amayobera
Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Kamala Harris yinjiriye mu ndirimbo ya Beyonce yitwa Freedom ubwo yakoraga uruzinduko rwa mbere mu bikorwaÂ
Umukobwa w’imyaka 24 y’amavuko wo mu Bushinwa witwa Pan Xiaoting yitabye Imana ubwo yari ari kwerekana imbona nkubone (live) uburyo yari ari kurya ibiryo
Indwara y’umutwe n’indwara ifatwa nk’isanzwe cyane ko ari indwara ihurirwaho ’abantu benshi by’umwihariko ari nko mu gihe cy’izuba, gusa hari nabawurwara bihoraho kandi ukabazahaza
Mu gihe umukobwa n’umusore bari mu rukundo hari ibintu umukobwa aba ashaka ku musore uwo ariwe wese bakundana. Nubwo bimwe muri ibyo umukobwa atagaragaza