Mu gihe umugore atwite, ni ngombwa cyane kwita ku biryo arya kugira ngo abashe kurinda ubuzima bwe ndetse n’ubw’umwana utaravuka. Hari ibyokurya bimwe na
Kenshi mu rukundo hari igihe abantu bahubukira kuvuga ijambo ndagukunda igihe bari kuribwira abo bihebeye bifuza ko babemerera bagasangira urukundo. Abenshi bumva ko niba
Ni kenshi mu rukundo habaho kubengana ndetse ugendeye ku bushakashatsi bwakozwe, bugaragaza ko umubare munini w’inkundo, abakobwa aribo babenga abasore, bivuze ko abakundana benshi