Perezida wa Amerika Donald Trump, arimo gutekereza uko yagabanyiriza igihano P Diddy nk’uko byemezwa na bamwe mu bayobozi bakuru ba White House. Ibinyamakuru bitandukanye
Umukinnyi wa Filime akaba n’umunyarwenya w’inararibonye mu Buhinde wari uzwi ku izina rya Asri yapfuye ku myaka 84 y’amavuko. Govardhan Asran [Asri], yari umunyarwenya
Umugore wo mu Gihugu cya Thailand yafashwe amashusho na Camera zo mu Kabari gaherereye mu gace ka Pattaya arimo gushwana n’umukunzi we yarangiza akikata
Umuhungu wa Cristiano Ronaldo bwa mbere yahamagawe mu ikipe y’Igihugu ya Portugal y’abatarengeje imyaka 16 y’amavuko. Cristiano Ronaldo Jr , usanzwe yambara numero 7
Indege ya sosiyete ya Air China y’u Bushinwa yaguye igitaraganya ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Shanghai kubera battery y’umugenzi yahiriye mu gikapu. Iyi ndege
Abasenateri bane bashyizweho na Perezida Paul Kagame mu Ukwakira 2020, bazarangiza manda ya mbere y’imyaka itanu ku wa 22 Ukwakira 2025. Sena y’u Rwanda