Aruna musaa Yanenze ubuyobozi bwa Reyon Sports

01/03/2024 20:28

Umukinnyi w’ikipe y’Igihugu cy’u Burundi n’ikipe ya Reyon Sports ikundwa na benshi hano mu Rwanda, Rayon Sports , Aruna Mussa Madjaliwa umaze igihe kingana n’Amezi ane (4) adakina bitewe n’ikibazo yagize cy’imvune.

Aganira, na kimwe mu gitangazamakuru cya hano mu Rwanda , yasobanuye byinshi ku byo ubuyobozi Ndetse na bamwe kubakunzi , ba Reyon Sports , bamaze igihe bamushinjya cyo kwivunikisha Ndetse ko katanakeneye gukinira , Gikundiro, ibi byabaye ibibazo cyane bamwita umugambanyi , Kandi ashinja ubuyobozi kumwangisha,abafana ba Gikundiro, yagize ati:

’’Nta gahunda mfite yo gusohoka muri Reyon Sports ntacyafite amasezerano y’imyaka ibiri 2 kandi nzayubahiriza neza cyane, kandi nzakora akazi neza, keretse, ubuyobozi bwa Reyon Sports butankeneye, ibindi mwumva kurinjye n’ibihuha ,mfite ibimenyetso byose , ibyo twavuganye kumurongo wa telefone Ikindi kandi sinakwanga gukina Ndi muzima , abakinnyi bagenzi banjye barimo kubona uduhimbaza mushyi, kuko bari mukazi , kandi najye mba nyakeneye”.

Ese ibyo Aruna ashinjya ubuyobozi nibyo ? Ese ukugukubana birarangira ute ? Byose nibyo gutegereza.

Inkuru ya Kevin Rugirishema

Advertising

Previous Story

El Classico Beach yashyize abagore igorora

Next Story

Ibyo wamenya kuri Bermuda triangle

Latest from Imikino

Go toTop