Abasore gusa : Dore ibibazo utagomba kubaza umukobwa ushaka gutereta yaguhaye umwanya wo kuganira

01/11/2023 21:29

Buri wese aba agomba kwigengesera kugira ngo urukundo rwanyu rukomere kandi rurambe by’umwihariko mu minsi yanyu ya mbere yo guhura kuko uko muhuye ninako mubasha gukomeza kwiyumvanamo.Muri uku kwigengesera rero hari ibibazo abasore bakwiriye kumenya ko atari ngombwa.Inkuru nigufasha uyihe bagenzi bawe [Share].

 

 

1.Waruri kuvugana nande kuri telefone: Nibyo ndabyumva ko ushobora kuba ubabajwe no kuba yagiye kuri telefone akamara iminota itari mike.Ariko se urumva aringombwa ko umushyiraho igitutu cyo kumubaza uwo bavuganaga ? Nibwo mu gihura cyangwa hashize agahe mu menyanye aracyarimo kukwiga ndetse nawe nuko urimo kumwiga.Mu gihe wafata umwanya wawe yaguhaye ukawumara urimo kumubaza ibibazo yateganyije ko numubaza mushwana ,uraba uri kwikura mukibuga kandi nyamara ushobora kuba wari uwa 2 muri 5 bari mukibuga gihatanira uwo mukobwa.Ku mubaza cyane uwo bavuganaga bituma yumva atameze neza akaba yahita anagusezera.

 

Urubuga Fleekloaded dukesha iyi nkuru , rwemeza ko kubaza umukobwa uwo bavuganaga kuri telefone , bituma atangira kwikeka amababa, agatangira gutekereza ko arimo gushinjwa gukundana n’abandi nyamara nawe byubuke neza, ujya kumubaza ntabwo aribyo watekerezaga.Uyu mukobwa yavuganaga n’inshuti ze ariko utumye yitekereza nabi, ibi biratuma nawe atangira kugutekereza nabi.

 

 

2.Uwo mwahoze mukundana ninde yagukundiraga iki: Ngaho nawe tekereza iki kibazo ukibajijwe ku ikubitiro, ese uyu mukunzi yaba ari mwiza kuri wowe ?. Ahari amarangamutima yawe n’uburyo ukunda bigufashije kuvuga YEGO cyangwa OYA, gusa ukuri guhari ni uko ataribyiza ko wowe musore wifata ngo uhite ubaza umukobwa kubo bahoze bakundana.Mu gihe urukundo rwanyu rugeze aharyoshye, wowe n’umukunzi wawe, mushobora kuzafata akanya mukabiganiraho kugira ngo hatazagira ibibatungura bikabaviramo gushwana ariko wishyuha ngo uhite ubibaza mbere.Ahari abo yahuye nabo bose, abavuga mu mazina y’ibitutsi kubera uburyo batamubaniye ndetse nananjya kubakubwira nabwo azabavuga mu mazina y’ibitutsi kuko bamwangije, rero wituma abavuga uko atabiteguye.

 

 

3.Ese kuki unyitaho ? Ni iyihe mpamvu ituma ukunda kumpangayikira ? :Iki kibazo gikure mu bibazo ugiye kubaza uriya mukobwa urimo gusaba urukundo.Yego rwose , uramukunda kandi nawe wabibonye ko agukunda ariko menya neza ko abakobwa ari nk’ibicuruzwa byiza ibitapfa kubura abakiriya noneho by’umwihariko icyo wkunze.Esee ugiye mu isoko guhaha , ugashima inkweto, ujya wifuza ko abandi bayikoraho? Ntanubwo wifuza ko nyirayo amenya ko ari nziza nkuko ubibona, ibi nibyo ugomba gukora mu gihe uri kumwe n’umukobwa wakunze.

 

 

Iyi nkuru tuyikesha , Fleekloaded, nugira ikibazo , ucyandike ahatangirwa ibitekerezo tuzagisoma tugusubize.

KWAMAMAZA

1.NIBA USHAKA GUTEMBERA MU KIYAGA CYA KIVU , KURYA IFI IMWE [UGURA IMWE BAKAKONGEZA INDI , WAGURA AMACUPA ATANU UKONGEZWA IRINDI, NTAHANDI WABISANGA NI KURI EL CLASSICO BEACH KWA WEST, HAFI Y’AMASHYUZA. NIMERO YE NI 0783256132 NA 0789400200.

 

2.USHAKA KWIGA IMYUGA  IRIMO; GUKORA MUDASOBWA, TELEFONE ,.. MU MEZI ATATU GUSA BAKAGUHA IMPAMYABUSHOBOZI , NTAHANDI NI MURI LOGIC TRAINING CENTER MU KARERE KA RUBAVU – MBUGANGALI – MU NYUBAKO IRIMBERE Y’AGAKINGIRO , TELEPHONE NI 0782275500

Advertising

Previous Story

Nigeria: Umwana w’imyaka 14 biravugwa ko yiyambuye ubuzima akoresheje amarasi y’inkweto

Next Story

Abashakanye: Dore uko wabyitwaramo mu gihe umaze gutera akabariro kandi ukaba ushaka gutwita cyangwa gutera inda vuba na bwangu

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop