Advertising

Dore indwara zishobora ku kwica mu masaha 24

27/12/2022 18:38

Dore indwara zica vuba mu gihe zitakurikiranywe mu amasaha yak are, muri iyi nkuru turagaruka ku ndwara zishobora ku kwica mu masaha 24 gusa utacunze neza ngo wiyiteho.

1.Meningitis

Iyi ndwara ya Meningitis , ni indwara iterwa cyane na bagiteriya cyangwa indwara z’ama imfection.Iyi ndwara yibasira cyane igice cy’ubwonko  ndetse n’urutirigongo.Iyi ndwara iba isabwa kwitabwaho cyane na nyirayo mu gihe cya vuba mu rwego rwo gukomeza

kwirinda no kongera iminsi yo kubaho ntakibazo.Iyi ndwara yibanda mu bana bakiri bato, abana bari gukura

Dore indwara zica vuba ndetse no mubana bageze mu bugimbi n’ubwangavu,kimwe n’abari kugera muzabukuru vuba.Iyi ndwara iteza akaga gakomeye cyane kuburyo ishobora no kwica uyirwaye vuba cyane.

https://www.youtube.com/watch?v=RWe-daSfSow
REBA HANO VIDEO NZIZA TWAGUHITIYEMO UYU MUNSI

2.Drag Eating Bag.

Iyi ndwara nayo ituruka cyane kuri bagiteriya, iyi ndwara kandi izwi ku izina rya ‘’Necrotizing’.

Iyi ndwara ikwirakwira mu mubiri cyane ikajya mu minsi kuburyo ishobora kwica mu gihe

cy’amasaha 24 gusa mu gihe warangaye,Iyi ndwara ushobora kwibwira ko yavuye mu mubiri wawe nyamara yanze kuwuvamo.

3.Stroke.

Iyi ndwara akenshi iba iyo amaraso yatembereye ahantu mu mubiri agasanga hafunze.Ibi biteza

ikibazo gikomeye biturutse ku bwonko.Bitewe n’uburyo iyi ndwara ari mbi cyane ,

abantu bayirwaye bagirwa inama yo kuyitaho cyane no kumenya neza ko yakize cyangwa yahawe ubufasha bw’ibanze.

4.Cholera.

Chorela ni indwara itera guhitwa cyane.Iyi ndwara yica mu masaha make ukimara kuyirwara mu gihe utitaweho.

Iyi ndwara iterwa n’uko wanyoye cyangwa wariye amafunguro adasukuye.Cholera , ni indwara y’isi yose

kandi ikwirakwira cyane mu masaha make.Buri mwaka iyi ndwara yica abasaga ibihumbi 21 n’ 140 ku isi yose.

5.Ebola.

Ebola, iri zina rirazwi cyane mu bihugu bimwe na bimwe haba muri Afurika ndetse no ku isi yose.

Iyi ndwara itera umuriro mwinshi cyane ndetse n’amaraso agatembera nabi kuburyo bugoranye cyane.Imibare izwi y’abantu banduye iyi ndwara ya Ebola ku isi yavuye kuri 50% igera kuri.

Previous Story

Umugabo wahoraga yumva ikintu munsi yinzuye yayicukuye mpaka ayimaze abura ikintu

Next Story

Umugabo yicishije amashanyarazi umugore we amuhamba mu cyumba bararagamo

Latest from Ubuzima

Inama kubantu bagorwa no gusabana

Ushobora gushaka kuganiriza umuntu ukabura aho uhera kuko kwisanzura ari ikintu cyakunaniye. Ushobora kandi kunanirwa kugaragariza umuntu amarangamutima akurimo kuko utajya ubasha gusabana. Ibi

Uko warwanya impumuro mbi mukanwa

Kunuka mu kanwa biterwa n’impamvu nyinshi zinyuranye, harimo kutoza amenyo neza, uburwayi bwo mu kanwa bunyuranye, kunywa itabi, ifuke y’inzoga, imiti imwe n’imwe n’izindi

Menya uburyo bwiza wasabamo imbabazi

Gukosa ndetse no kutumvikana ni ibintu ikiremwamuntu cyagiye kubana nabyo kuva mu bakurambere muri muri Edeni, gusa icyiza ndetse cy’ingenzi ni ukumenya uburyo ki
Go toTop