Advertising

Maya Hakawa aritegura kwibaruka Ubuheture

20/10/2024 09:24

Umunyamakuru  Maya Hakawa wamamayemuri Kenya yatangaje ko yigeye kwibaruka umwana wa Gatatu.

Abinyujije kurubuga rwa instagram ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu Maya Hakwa yatangaje ko agitye kwibaruka umwana we wa gatatu.  Maya Hakwa akaba  ari umunyamakuru w’inararibonye  yakoreye ibitangazamakuru bikomeye harimo K24 ndetse na BBC.

Maya hakwa yabanje kugaragaza ifoto ye mbere yambaye imyende yikwije nyuma agaragaza indi foto igaragaza ko atwitwe  ubwo yari yambaye ikanzu y’umweri yigiciro kinshi.

Aho nibwo abamukurikiraga bahise bamenya ibanga yari yarabitse.  Nibwo abakunzi be bakomeje bamwereka ko babyishimiye bakoresheje utumenyetso tw’udutima.Kugeza ubu ntiharamenyekana niba umwana azibaruka azaba ari umuhungu cyangwa umukobwa. Uyu  mwana agiye kuzabyara azaba ari uwa gatatu nyuma y’imyaka ibiri ishize abyaye imfura ye.

Maya wahoze akorera K-24 TV yabyaye umwana we wa  kabiri mu Ukuboza 2022. Igihe bizihizaga isabukuru y’umwaka umwe uwo mwana avutse RM ibirori bye byitabiriwe ninshuti ze zitandukanye ndetse n’muryango. Imfura ya Maya ikaba yitwa Amari Hakawa w’imyaka 18.


uyu Maya akaba yarabyaye akiri muto ku myaka 15  y’amavuko.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Ruth mushiki wa Payne yagaraje agahinda yatewe no kubura musaza we

Next Story

Rihanna na A$AP Rocky bakiriwe neza mu birori bya Fashion Week

Latest from Imyidagaduro

Ibyamamare 9 bidashoboka ko babyara abana

Hari abantu baba bifashije ndetse banafite ubushake bwo kuba baba ababyeyi gusa imimerere y’ubuzima barimo ikabababere imbogamizi. Ni kubwiyo mpamvu twabateguriye ibyamamare icyenda batabashije
Go toTop