Advertising

Poshy Queen yagaragaje impamvu yatandukanye na Harmonize

12/10/2024 19:50

Poshy The Queen uzwi cyane mu gihugu cya Tanzania Poshy The Queen yatangaje impamvu zatumye atandukana n’umuririmbyi w’icyamamare muri Bongo Flava uzwi nka Harmoniz nyuma y’umwaka umwe mu munyenga w’urukundo.

Amakuru yo gutandukana kwabo yatangiye gukwirakwizwa  kuri instagram igihe abakunzi babo bamenya ko batagikurikirana ndetse ko basibye amafoto yabo bombi barikumwe.

Mu gihe Harmonize yemezaga ko batandukanye, Queen poshy yirinze kugira icyo avuga ngo hatagira abaza kubisesengura uko bishakiye.

Ati:”mpamvu zanjye zo guceceka bishingiye ku kuba mfite impungenge ko amagambo yanjye azakoreshwa nabi  kugira ngo atange ibisobanuro bishakiye. Nahisemo rero kutagira icyo mvuga kubera icyubahiro ngomba umuryango wanjye.”

Queen the Poshy we ntago ajya ari pfana yatangaje ko igihe bamaranye cyarangiye n’uko bemeza gutandukana ku bwumvikane.  Yemeza ko bitari ugutandukana nabi ahubwo habayeho kuganira.

N’ubwo aba  bombi bakomeje kutavuga rumwe ku mpamvu yo gutandukana kwabo, amakuru ya hafi y’abahoze ari inshuti zabo avuga ko umutekano muke wo gufuha wa Harmonize ariyo ntandaro.

Harmonize ntiyabashaga kwihanganira posh igihe yabaga abona abandi bantu bakomeye mu myidagaduro batumirwa mu birori ndetse bagasabana  bigiye kure na Queen the Poshy.

Nyuma y’igihe Posh yumvaga arambiwe izo nto nganye ndetse no guhoza ku nkeke  yumavga byangiza umubano we n’ibindi byamamare.

Imbarutso nyamuru ikaba ari uko bamwe  mu bantu bakomeye mu myidagaduro ya Tanzania begereye  ndetse bakaba inshuti za hafi na Posh barimo umuyobozi wa Diamond Platnmuz, uzwi nka SK Salaam wagize uruhare rukomeye mukwirukana Harmoze muri label ya Wasafi.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Diamond Platnumz yavuze ko umukobwa we Tiffah ababara iyo Ise yabyinanye n’abakobwa

Next Story

Uko indirimbo ‘Ndandambara’ imaze ku kwinjiriza Nsabimana Leonard arenga Miliyoni 9.5 RWF

Latest from Imyidagaduro

Ibyamamare 9 bidashoboka ko babyara abana

Hari abantu baba bifashije ndetse banafite ubushake bwo kuba baba ababyeyi gusa imimerere y’ubuzima barimo ikabababere imbogamizi. Ni kubwiyo mpamvu twabateguriye ibyamamare icyenda batabashije
Go toTop