Mama Kwanda n’umugabo we bateranye imitoma

01/05/2024 08:12

Clarisse Karasira yifatanyije n’umugabo we amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko.

Umwe mu bahanzikazi bakomeye muri muzika Nyarwanda, waciye mu bitangazamakuru bitandukanye hano mu Rwanda mbere yo gukabya inzozi ze zo  kwerekeza muri Amereka atwawe n’umugabo we , yamuteye imitoma nk’uko asanzwe abigenza.

Clarisse Karasira , ni umugore udahwema kwereka abamukikije by’umwihariko ku mbuga Nkoranyambaga ze ko yahiriwe agashaka neza.Karasira , yongeye gutera umugabo we imitoma amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko anyuze kuri Instagram aho yagize ati:”Ndagukunda cyane ubuziraherezo, uri umugisha wanjye waturutse mu ijuru.Uzahora iteka uri urukundo rwanjye”.

Slyvain umugabo wa Clarisse Karasira akibona ubu butumwa yagize ati:”Uri icyitegererezo cy’urukundo.Kwizihiza isabukuru yanjye y’amavuko ngufite iruhande rwanjye ni igitangaza ntateze kumenyera.Wakoze kunyizihiza mu buryo nishimiye.Ndagukunda rukundo rwanjye”.

Kwanda

Previous Story

Miss Rwanda 2012 agiye gukora ubukwe

Next Story

Muhire Kevin yagiriye inama Perezida wa Rayon Sports

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop