Umukobwa w’ikimero witabiriye Miss Rwanda yatewe ibyishimo no kwigurira imodoka ye – AMAFOTO

20/12/2023 11:22

Miss Umukundwa Clemence wamamaye muri 2019 mu  marushanwa y’ubwiza nka Cadette yatewe ibyishimo n’imodoka y’akataraboneka yiguriye.

 

Uyu mwari w’uburanga , yabinyujije kuri konti ye ya Instagram, mu mashusho mato ayirimo ubundi ari kuyitambuka iruhande bigaragaza ko yishimiye igikorwa yageze muri uyu mwaka uri kurangira.

Amakuru avuga ko iyi modoka iri mubwoko bwa KIA , igura amafaranga arengaho gato , Miliyoni 20 z’Amafaranga y’u Rwanda.Uyu mukobwa ntabwo yigeze agaragaza ko ari impano yaba yahawe n’uwari we wese uretse ko yashimiye Imana kubyo yamukoreye.

Yanditse ati:”Yego ! Nanjye nanone, sinakwizera ko nabikoze ariko ni Imana yabikoze”. Arenzaho ati:”Big C To the Wold”.Nyuma y’aya mashusho yifashishijemo indirimbo ya Nick Minaj ‘I’m Getting Ready’ benshi bifatanyije nawe mu byishimo  bamwifuriza gukomeza gutera imbere.

Previous Story

Harmonize n’umukobwa we bahuje urugwiro barasohokana

Next Story

Umucecuru w’imyaka 80 yitabye Imana ari gutera akabariro n’umukunzi we w’umusore wari ukiri muto mu myaka

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop