Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ari mu ndege ya Air Force One mu rugendo rwerekeza mu Buyapani, Trump yavuze ko yakwishimira kongera kwiyamamaza kugira ngo atorerwe
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko mu mezi 10 ashize ku bufatanye n’izindi nzego bumaze gufata abarenga 60 bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Regina Daniels wakinanye na Alliah Cool muri filime yitwa ‘The Waiter’ ya AY Comedian, yarikoroje muri Nigeria kubera inzu yaguze nyuma yo gutandukana n’umugabo
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ryateguje ko muri Gashyantare 2026 rizatangira gukoresha ikoranabuhanga ryifashishwa mu misifurire, rizwi nka Video Assistant Referee mu rwego rwo