Umubyinnyikazi Ritah wamamaye muri Dancehall yinjiye muri muzika

20/11/2023 12:22

Umubyinnyi wabigize umwuga Ritah Naasazi wamamaye mu njyana ya Dancehall yatangaje ko agiye gukorana n’umuhanzi ukomeye.

 

Uyu mubyinnyikazi Ritah wamamaye nka Rita Dancehall yamamaye cyane ubwo yateranaga amagambo na Spice Diane, agahita ajyanwa muri Gereza.Uyu mubyinnyikazi wo mu gihugu cya Uganda ntabwo yigeze afasha impano ye hasi kuko nyuma ya Gereza yatangiye gukora ibyafashwe nka Challenge ashaka gusubiramo na magingo aya.

 

 

Uyu mu byinnyi , kuri ubu yatangaje ko yamaze guhitamo umuhanzi bagiye gukorana indirimbo ndetse ngo akaba ariho urugendo rwe rugiye guhera.

 

Yagize ati:”Muraho bantu banjye, Imana ni nziza.Ndagirango mbamenyeshe ko kuri uyu wa Gatanu ndashyira hanze indirimbo yanjye ya Mbere nakoranye n’umuhanzi ukomeye muri Uganda.Ngaho mubwire izina rye”.

Advertising

Previous Story

Mbega inkuru ibabaje ! Umugabo wanjye yahoraga ankubita buri gihe, bakobwa mwitondere abagabo muhitamo ngo mubane

Next Story

Ari kwamamaza indirimbo ! Amafoto ya Mico The Best yambaye ijipo akomeje kuvugisha abafana be

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop