RUBAVU : Gahunda ya Visit Rubavu ku isonga mu bigiye gutuma abaturage basura ibyiza bigize aka Karere biyongera – VIDEO

28/11/2023 20:27

Ubwo hatangizwaga ku muragaragaro gahunda ya Rubavu Nziza, ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba Dushimimana Lambert bavuze ko gahunda ya Rubavu Nziza ikwiriye gutanga umurasuro nk’uwo Visit Rwanda yatanze.Ibi babishingira kubyiza aka Karere ka gafite.

KANDA HANO UKURIKIRE UMUHANGO WOSE WO GUTANGIZA RUBAVU NZIZA

Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu w’agateganyo Nzabonimpa Deogratias, yavuze ko mu rugamba rwo kumenyekanisha ibyiza bigize Akarere ka Rubavu , hagomba guherwa kubaturage bako bakamenya ibyiza byako ndetse bakoroherezwa no kugasura.

 

Aha niho ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwahereye buvuga ko barwiyemeza mirimo bazaza kugira ibyo bakora bazahera kubaturage baho ndetse n’urubyiruko rufite impano.

https://www.youtube.com/watch?v=NaElKO6SPYY

Ibi byashimangiwe na Guverineri wavuze ko mu gihe hagize umushoramari uhabwa akazi ko gukora ahantu runaka, akwiriye guhera kubahatuye akaba aribo aha akazi kuko ngo aribo baba bazi neza aho ari gukorera kuruta uko yazana abandi barabanza kubyiga.

 

Ubusanzwe mu Karere ka Rubavu nihamwe mu hari ibyiza nyaburanga bitandukanye, birimo ; Ikiyaga cya Kivu, Umusozi wa Rubavu, Amashyuza n’ibindi.

REBA HANO UMUHANGO WOSE WO KUMURIKA GAHUNDA YA RUBAVU NZIZA

https://www.youtube.com/watch?v=NaElKO6SPYY

Advertising

Previous Story

Ufite utubere duto ! Abafana bakomeje kwibasira Zuchu uri mu rukundo na Diamond Platnumz bamubwira ko afite amabere mato cyane

Next Story

Bruce Melodie yakoreye ikiganiro kuri Radio mpuzamagahanga muri Amerika aha gasopo abavuya ko nta cyongereza azi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop