Advertising

Rdc/Kinshasa:Ibikorwa byose bitari ibya sport byahagaritswe kuri stade de Martry na Teta Raphael

28/07/2024 15:54

Ibirori byose bitari siporo byahagaritswe kuri stade y’abahowe Imana na Tata Raphaël kugeza igihe hazatanganzwa icyemezo gishya.

Abayobozi bifuza kubanza gushimangira amabwiriza kugira ngo birinde izindi mpfu nyuma y’amakuba ejo mu gitaramo cya Pasiteri Mike Kalambay, cyahitanye abantu 9 abandi benshi barakomereka.

Ihagarikwa ry’ibikorwa kuri izi stade byatumye ibitaramo by’abahanzi ba muzika Fally na Ferré biteganijwe muri Kanama kuri Stade des Martyrs na Tâta Raphaël,byahise bihagarikwa.

Uyu mwanzuro ufashe mu nama yakozwe na minisitiri w’intebe wungirije wa Rdc mu nama uayeguye nyuma Yuko igitaramo cyabaye kuri uyu wa gatandatu.

Isoko: 7Sur7.cd

Previous Story

Abanyamakuru bakoze inkuru zivuga ko Dorimbogo yarari kwirwaza basabwe kuzisiba kuri YouTube Channel zabo

Next Story

“Ronaldo urashaje fata ikiruhuko” – John Obi Mikela

Latest from Inkuru Nyamukuru

Go toTop