Advertising

P Diddy kuba yarahinduye amazina inshuro 7 bishobora kuba bihishe ibanga ribi cyane

15/10/2024 15:07

Mu kiganiro cyihariye na Daily Star inzobere mu byamamare PR, Kayley Cornelius yatangaje impamvu zatumye Sean Combs  yafata icyemezo kidasanzwe cyo guhingura amazina ye inshuro zirenga zirindwi muzi muzika ye.

Yasobanuye agira ati:“Icyemezo cya Diddy cyo guhindura amazina ntabwo bijyanye n’umuco wa Rap”. Kayley yasobanuye ko ibyamamare byinshi bikorana umwete byubaka amazina yabyo nk’ikirango gikomeye.

Ariko Diddy we yahisemo ibinyuanye nibyo ahindagura umwirondoro we bigaragaza ko hari icyaba kibyihishe inyuma.Yakomeje agir ati:” Gukoresha amazia rusange bigabanya umwihariko wawe, ndetse bikagorana kugushakisha kumbuga nkoranyambaga”.

Sean Combs uzwi nka P Diddy akurikiranyweho ibyaho birenga 120 nibindi 5 byakiriwe murukiko muminsi ya vuba. Akaba ashwinjwa ihohotera rishingiye ku igitsina gusahura, ubucuruzi bw’abantu nibindi bitandukanye gusa byose arabihakana.

Mu ntangiriro Sean Combs agitangira umuziki yitwaga Puf Daddy gusa nyuma uko umwuga we wagendaga ukuru Biggie Smalls yamuhaye igitekerezo cyo kwitwa P Diddy.

Nyuma gato yaje guhindura izina yiyita Love and Brother Love mu mpera za 2022.

Diddy kandi yigeze guhindura izina yiyita Swag mu cyumweru kimwe gusa hari mu mwaka wa 2011.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Yari umukozi wacu nyuma aza kuntwarira umugabo – bagore mwitonde

Next Story

Umugabo yamutanye abana 7 ndetse yangiza imitungo yose yari kubarengera ! Umugore yarize cyane

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amavubi yatsinze Benin ayirusha

Ikipe y’Igihugu y’uRwanda Amavubi yatsinze Bénin ibitego 2-1 mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’afurika 2025 kizabera muri Morocco, n’Umukino w’Umunsi wa 4 mu
Go toTop