Mu buhinde: yafashwe amashusho asambanya imbwa

by
10/04/2023 10:12

Umusaza yafashwe amashusho n’umuturanyi we asambanya imbwa ye bwite ahitwa ‘Delhi’s inderpurc mu gihugu cy’ubuhinde.

Nkuko tubikesha ibinyamakuru bitandukanye byo mu buhinde harimo na zeenews na India to day, uyu musaza ibyo yakoze biteganywa n’ingingo ya 377 mu mategeko arengera uburenganzira bw’inyamaswa aho mu buhinde.

Akaba yarafashwe nyuma y’uko umuturanyi we yumvaga imbwa y’ingore  irira isa n’ihohoterwa akajya kureba ibiri kuba maze asanga umusaza yayifatiye mu maguru arimo kuyihohotera.

Akaba yarahise afata amashusho ayoherereza abapolici, maze nyuma baza gushakisha uwo musaza bivugwa ko yafashe ku ngufu iyo mbwa mu kwa kabiri kuwa 28.

Biragoye ko uyu musaza yari guhakana bitewe n’amashusho agaragaramo ari gufata imbwa ku ngufu, imbere ye hari n’indi , bisa n’aho asanzwe afite imbwa nyinshi.

Source:India to day and zeenews

Advertising

Previous Story

Bamenye ko bashakanye nyamara bavukana nyuma y’imyaka 14 yose

Next Story

ROCKY KIMOMO arasaba abanyarwanda kwimika urukundo#kwibuka29

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop