Clarisse Karasira yashyize hanze indirimbo nshya yise “IBARABARA”

23/02/2024 17:57

Uyu muhanzikazi nyarwanda yashyize hanze indirimbo IBARABARA kuri uyu wa 23 Gashyantare,ni indirimbo yakoze ashingiye ku ban abo kumuhanda asa n’ubatabariza ari nkura ku ibarabara agaragaza imbogamizi,akababaro aba bana abo ku mihanda bahura nako rimwe na rimwe ataribo babyiteye.

Amwe mu magambo uyu muhanzikazi yavuze akimara gusohora iyi ndirimbo yasobanuye impamvu y’iyi ndirimbo mu magambo agira ati:”Ndakunda, nta guhisha, abana b’ingeri zose. Rero, Biranshengura umutima igihe cyose mbonye abana b’Imana kumuhanda nta rukundo rukwiye. Ni muri uwo mwuka niho hakozwe indirimbo Ibarabara. Indirimbo ni ubuvugizi kubana bo mumuhanda. Nifurije kwicisha bugufi no gusenga kugirango indirimbo nkiyi igere kumutima wawe wimpuhwe kandi ikuyobore gufata ingamba zo kurinda abana bo mumuhanda no gufasha abakeneye ubufasha”

 

Muri iyi ndirimbo avuga ku burenganzira bw’umwana bwose akwiye haba kwiga,gukona n’ubundi asaba ko bwakubahirizwa hose kwisi ko abana badakwiye guhora ku mihanda.

Kanda aho hasi urebe iyi ndirimbo nshya ya Clarisse Karasira

Lyvine Rwanda

His name is Livine Nsanzumuhira Ntambara known as Lyvine Rwanda,Studied Mass communication and Journalism at EAST AFRICAN UNIVERSITY,he works journalism as passion and professional

Advertising

Previous Story

Abakinnyi ba Gasogi United bahawe agahimbazamusyi gatubutse

Next Story

Young Grace aritegura gushyira hanze Album ye ya gatatu

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop