Umuhanzikazi Celien Dion wakunzwe cyane mu ndirimbo z’urukundo, yongeye kugaragara mu ruhame ari kumwe n’abana be nyuma y’igihe bivuzwe ko arwaye indwara idakira. Celine
Imikino y’umunsi wa 3 wa Shampiyona y’u Rwanda, Rwanda Premier League yakomeje amakipe amwe aratsinda andi aratsindwa nk’uko tugiye kubirebera hamwe muri iyi nkuru.
Guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2026, Leta y’u Rwanda irateganya gutangiza uburyo bushya bwo gupima uturemangingo ndangasano (DNA) tw’umwana ukiri mu nda. Ni gahunda
Biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturanyi umusore na nyina bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Muhoza nyuma yo gufatanwa udupfunyika 2.520 tw’urumogi mu nzu batuyemo.
Amafaranga akoreshwa kuri internet azwi nka Bitcoin akomeje kuzamuka mu gaciro ku buryo budasanzwe aho kuri iki Cyumweru, ku isoko ryo muri Aziya, agaciro
Umugore w’abana batatu yavuye mu bwogero yegera telefone ye yari icometse ku muriro w’amashanyarazi yari ihamagawe n’umugabo we ayitabye ahita apfa. Nk’uko byakomeje gutangazwa
Nyuma y’igihe kirekire batagaragara bari kumwe abo mu muryangi wa Micheal Jackon bongeye kwihuza ubwo bitabiraga ibirori bya Paris Fashion Week. Bari kuri Tom