Perezida wa Congo Felix Tshisekedi na Perezia wa Ukraine bakomeje gushimangira ubufatanye mu bijyanye n’ubwirinzi, ingufu z’amashanyarazi n’ikoranabuhanga. Perezid awa Ukraine Volodymyr Zelensky anyuze
Umukuru w’Igihugu cya Congo , Antoine Felix Tshisekedi, yasezeranyije urubyiruko rwo mu Burasirazuba bwa Congo ko agomba kubasubiza amahoro avuga ko babuze mu gihe
Umugore wabyaye umwana akamwita UCI yagaragaje uko byagenze kugira ngo afate uwo mwanzuro usa n’aho ukomeye wo kwita umwana we w’umukobwa Ange UCI. Kuva
Abana babarizwa muri Sherrie Silver Foundation batunguye Butera Knowless Butera bamwifuriza isabukuru y’amavuko. Ibyo bibaye mu gihe bari mu myiteguro y’ibirori bya The Silver
Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bintu by’ingenzi wamenya ku mukobwa wa P Diddy witwa Chance uri mu bamutakambiye ngo ahabwe imbabazi bikarangira akatiwe
Umuhanzi P Diddy yaraye akatiye igifungo cy’imyaka igera kuri 4 n’amezi 2 nyuma y’imbabazi yasabiwe n’abagize umuryango we bose mu rukiko. Umwana we muto
Amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo arimo no guhashya umutwe wa FDLR yasubukuwe nk’uko byatangajwe na Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga