Aho umukino wa nyuma wa Euro2024 urerekanirwa hakemenyekanye

14/07/2024 16:12

Umukino wa nyuma w’irushanwa rya European  Championship urerekanirwa kuri El Classico Beach Chez West mu Karere ka Rubavu , aho abakunzi b’umupira w’amaguru bashyiriweho Poromosiyo idasanzwe.Ni umukino uraba ku isaha ya Saa Tatu z’Ijoro. Kuri El Classico Beach mu Karere ka Rubavu , mu Murenge wa Nyamyumba , uragura amacupa 4 y’icyo kunywa bakongere irindi. Ku yandi makuru hamagara / watsapp ; 0783256132 cyangwa 0789400200 .

Kuri El Classico Beach niho umupira abantu bose barawurebera.

Mu gihe habura amasaha make uyu mukino wa nyuma urahuza ikipe ya Espanye n’ikipe y’Ubwongereza kuri uyu wa 14 Nyakanga 2024 saa Tatu z’Ijoro  ukaba , benshi bamaze kwikanga kuko washituye abafana kugeza ubwo mu Mijyi imwe n’imwe , abafana bamaze guhitamo aho igikombe kirerekera.

Abafana barenga ibihumbi byinshi,  bateraniye mu Murwa Mukuru w’Ubudage ariko si bose babonye amatike nk’uko amakuru atugeraho abivuga . Amakuru ari muri uyu Mujyi ni uko , uwabashije kugira itike mbere akaba ashaka kuyicuruza ari kuyikuramo akayabo ugereranyije n’ayo ari kuba yatanze mbere.

Abakora ubucuruzi butandukanye muri uyu Mujyi babonye abaguzi , ngo na cyane ko kugeza ubu , hose hamaze kuzura ibicuruzwa bakabimara mu maduka.Umwe mu bafana w’Ubwongereza witwa Dan Thomas w’imyaka 29 yi yanditse ku kaguru ke ati:”England Euro 2024 Winner”. Uyu yashakaga kwerekana ko Ubwongereza aribwo bwamaze kwegukana igikombe.

Abarenga ibihumbi 42 by’abafana bamubonye, nabo bahise bajya kwiyandikaho ku buryo kugeza ubu , mu bafana amahitamo yabo yamaze kugaragara.

Tubibutse ko kuri EL Classico Beach Chez West mu Karere ka Rubavu , ari honyine ushobora kurebera uyu mupira wagura icyo kunywa ugahabwa Promotion.

Ushaka gutanga Komande wahamagara cyangwa ugaca kuri watsapp numero; 0783256132 / 0789400200 . Haraba hari ibyo kurya , Ifi nziza n’ibindi.

Ni ubusabane mu Mujyi uraberamo uyu mukino wa nyuma
Bamwe mu bafana babuze amatike arabinjiza muri Stade.

Abafana bamwe bamaze gutwerera igikombe amakipe bafana.

Previous Story

Bianca Censori na Kanye West bongeye kwiyereka Isi

Next Story

Amateka ya Stade Olympiastadion Berlin igiye kwakira umukino wa nyuma wa European Championship

Latest from Imikino

Banner

Go toTop