Advertising

Abanyakenya biyamiye nyuma yo kubona madamu Perezida yambaye isaha ikabakaba Miliyoni 15 RWF

13/10/2024 11:28

Ku ya 11 Ukwakira 2024, Madam wa perezida wa Kenya Rachel Ruto ubwo yagaragaye muri  Parike ya Nairobi  yambaye isaha yo mu bwoko bwa Rolex igura Miliyoni 15 Rwf  z’amafaranga y’u Rwanda.

Iyi saha ikaba iri mu bwoko bwa Wristwatch ipima uburebure bwa mm 12. Ibi bikaba bitakiriwe neza n’Abanyapolitike bari mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi.

Si madam perezida gusa kuko na perezia William Ruto akunze gutera impagarara ku myenda akunze kugaragara yambaye. Vuba aha yagaragaye yambaye ubwoko bw’isaha ya  Bvgari ihagaze akayabo karenga Miliyoni 65 z’Amanyarwanda (65.25 rwf).

Ndetse ya mbaye n’inkweto zo mu bwoko bwa Christina Louboutin zigura arenga Rwf 1,333,000.

Ibi bikaba byateje impagarara  kubwo kwigwizaho imitungo ihenze kandi mu Gihugu ubukungu bwifashe nabi. Impaka zakomeje kuba urudaca kuri twitter.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Anemia ikinyomoro gifasha amaso kureba neza

Next Story

Inama ku babyeyi bafite abana babyariye iwabo

Latest from HANZE

Go toTop