Miss Rwanda 2012 agiye gukora ubukwe

01/05/2024 07:53

Mutesi Kayibanda Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri 2012 agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Gatera.Ubu bukwe buzaba tariki 15 Kanama 2024 bubere i Kigali.

Anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze kuri uyu wa 30 Mata 2024 yasangije inshuti ze n’abavandimwe amatariki y’ubukwe bwe na Gatera , agaragaza ko akomeje imyiteguro.Ibi abitangaje nyuma yo gusezerana mu mategeko muri Amerika ku wa 28 Gashyantare 2024 , mu muhango wabereye mu Mujyi wa Arizona.Abarimo Bad Rama bitabiriye uyu muhango.

Tariki 18 Mutarama 2023 nibwo amakuru yashyizwe hanze ko uyu mukobwa yemereye umukunzi we bagombaga kubana [Yego].

 

Previous Story

Byinshi utamenye ku mpanuka y’ubwato bwa ‘Mantis Kivu Queen uBuranga’

Next Story

Mama Kwanda n’umugabo we bateranye imitoma

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop