#Kwibuka30: “Igiti gitemwe cyongera gushibuka” ! Isimbi Model

07/04/2024 08:24

Isimbi Vestine wamamaye nka Isimbi Model yifashishije umurongo wo muri Bibiliya yagaragaje ko ibyabaye yari amahano cyakora yemeza ko igiti cyatemwe cyongeye gushibuka.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Isimbi Model yagize ati:” Erega hari ibyiringiro y’uko igiti iyo gitemwe cyongera gushibuka kandi kikajya kigira amashami y’ibitondome.Yobu 24:7″.

Yakomeje agira ati:” Imyaka 30 irashize, sinarinziko ibibi bimenyerwa, gusa Warakoze Mana.Warakoze H.E Paul Kagame. IHORERE Rwanda”.

Previous Story

#Kwibuka30: Ubutumwa bwa Bruce Melodie muri ibi bihe byo kwibuka

Next Story

Doctall Kingsley yifatanyije n’Abanyarwanda

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop