M23 n’umutwe wa Wazalendo ushyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri mu mirwano ikomeye muri santere ya Nyabiondo, iherereye muri teritwari ya
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, avuga ko na we yigeze kujya mu bapfumu atagiye gufumuza ahubwo agiye kwishyuza uwo mupfumu ibyo yari yaramwibye kandi
Ikipe y’Igihugu ya Maroc y’Abahungu batarengeje imyaka 20 yegukanye Igikombe cy’Isi nyuma yo gutsinda Argentina ibitego 2-0 byatsinzwe na Yassir Zabiri. Ni mukino wa
OMS yatangaje ko umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro bihereye mu Ntara ya Kasai iri mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo ya Repubulika Iharanira
Abasore batatu bo mu Karere ka Rutsiro bapfuye ubwo bari mu bantu umunani bitwikiriye ijoro bakajya kwiba amabuye y’agaciro mu kirombe gicukurwamo koluta na
Uworizagwira Florien [Yampano] yakuriye inzira ku murima abibaza niba nta mpungenge atewe no kuba bamutwara umukunzi we kubera kumushyira ku mbuga nkoranyambaga cyane, ibizwi
Rurangiranwa muri Ruhago y’Isi Cristiano Ronaldo ngo yanze kugira icyo avugira mu Rubuga rwa Watsapp rw’ikipe ya Manchester United yakiniye , kubera umukinnyi umwe.